Phanuel Sindayiheba uyobora Akarere ka Rusizi yahuye n’abalimu mbere yo gutangira amashuri kuri uyu wa Mbere, anenga bamwe muri bo basindira mu ruhame, bakiyandarika kandi bagatuka abayobozi. Yabwiye ...
Minisiteri y’uburezi muri raporo yayo, yemeza ko imibare yo mu mwaka w’amashuri wa 2024 yerekana ko abakobwa bigaga amashuri abanza n’ayisumbuye barutaga ubwinshi basaza babo kuko bari 50.5% mu gihe a...
Mu kiganiro yahaye abakobwa b’Inkubito z’Icyeza, Madamu Jeannette Kagame yababwiye ko badakwiye kurebera ibibi bikorerwa aho baba ahubwo bagaharanira kubirwanya no kuba imbarutso y’impinduka bifuza mu...
Nyuma y’uko Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda itangarije ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2023/24, uzatangira ku wa 25 Nzeri 2023, ku biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye, hari bamwe mu babyeyi babwiye ...
Ubwonko bw’umwana ni nk’ipamba ushyira mu muti ikawunywa. Mu buryo bw’ikigereranyo, ubwonko twagereranyije n’ipamba kuko iyo ubwegereje ibitabo bukogota inyuguti n’ubumenyi zihishemo bukazigumana kuge...
Ni ikintu abahanga mu binyabuzima bamaze igihe basuzuma neza. Abitaye ku kwiga kuri iyi ngingo ni abahanga mu binyabuzima bamaze igihe kinini bareba uko inyamaswa z’amoko arimo n’ingagi zisabana, uko ...
Abanyarwanda batuye i Montreal muri Canada bahagarariwe n’umuyobozi wabo Elvira Rwasamanzi Kagoyire hamwe n’Ikigo Gusoma Publishing Company Limited baherutse gusinya amasezerano y’ubufatanye aga...






