Antoine Ndayishimiye wo mu Mudugudu wa Nganzo, Akagari ka Rugogwe mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero arashakishwa n’inzego z’umutekano zimukurikiranyeho kwica murumuna we witwa Françosi Ryu...
Akirangiza kubona ko umwana yari afitanye n’umugore we ukomoka muri Uganda atari we, umunya Israel yishe umugore we umurambo awuta mu musarane. Polisi ya Uganda ivuga ko uyu mugabo witwa Waeed Taheed ...
Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwahamije uwitwa Rusumbabahizi wo mu Karere ka Ruhango, icyaha yo kwica umugore we n’umwana yari atwite akoresheje inzitiramubu rumukatira gufungwa burundu. Uru rubanza...
Uyu mugabo tutari buvuge amazina kuko akiburana kandi akaba atarahamwa n’icyaha, yabwiye urukiko ko yishe umugore we wari utwite inda y’amezi atanu ku bushake ariko ko abisabira imbabazi. Yabwiye Uruk...
Mu Mudugudu wa Mirambi, Akagari ka Burima mu Murenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango haraye havuzwe inkuru y’urupfu rw’umwana w’imyaka itatu wishwe azirikiwe amaboko imugongo( mu mugongo) uwamwishe am...
Urwego rw’ubugenzacyaha rurashakisha umugabo witwa Jean Damascene Hategekimana akurikiranwaho kwica mugore we bari bamaranye imyaka 11 babana mu buryo butemewe n’amategeko. Uwo mugabo ushakishwa asan...
Taarifa ifite amakuru avuga ko umugabo witwa Sebanani Eric bita Kazungu washakishwaga n’Ubugenzacyaha bw’u Rwanda kubera kwica umugore we amuciye umutwe yafashwe. Kuri uyu wa Gatatu nibwo ubugenzacyah...
Umugore witwa Martha aravugwaho kwica umugabo we hanyuma umurambo akawutaba mu gikari. Amakuru twahawe n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Tare aho byabereye avuga ko uriya musaza( yari afite hejuru y’im...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi umugore bukeka ho uruhare mu rupfu rw’umugabo we. Abenshi bakeka ko uriya mugore ari we wishe uwo bashakanye amutsinze mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Mbuye mu Murenge...
Hafashimana Usto alias Yussuf ukurikiranyweho kwica abantu yikurikiranya yabwiye itangazamakuru ko yemera ko yabishe ariko ari ibyo bamuroze. Ngo abitwa ‘abarangi’ nibo bamubwiye ko yarozw...









