Abdallah Murenzi wari uherutse gutorerwa indi manda y’imyaka ine ayobora Federasiyo y’umukino wo gutwara amagare, yeguye. Avuga ko bishingiye ku mpamvu ze bwite nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Twitter...
Andrew Rucyahana Mpuhwe wari usanzwe ari umuyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe ubukungu yeguye kubera ko yemera ko kuba yaritabiriye umuhango wo gushyiraho umutware w’Abakono bitari bikwiy...
Nicyo gisubizo Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Jean Claude Musabyimana yaraye atanze ubwo bamubazaga impamvu abari bagize Inama Nyobozi y’Akarere ka Rutsiro begujwe. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gata...
Amakuru Taarifa ifite aravuga ko inama njyanama y’Akarere ka Rubavu yanzuye ko Meya w’ako Ildephonse Kambogo yeguzwa. Bivugwa ko atujuje inshingano ze zo kurengera abaturage. Ni inkuru tugikurikirana&...
Kuva Papa Benedigito XVI yatabaruka, ubu i Vatican haravugwa umugambi wa bamwe mu ba Cardinals bashaka ko Papa Francis yegura. Ni umugambi bivugwa ko bahoranye na mbere ariko bakabangamirwa n’uko Bene...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko Hon Erenst Kamanzi wari uhagarariye urubyiruko mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yeguye. Turacyagerageza kuvugana nawe ngo agire icyo abitubwiraho ariko ntarafata te...
Mu buryo busa n’aho butashobokaga kubera ko yari amaze iminsi avugwaho ruswa k’uburyo yendaga kweguzwa, Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatorewe gukomeza kuyobora ishyaka riri k’ubutegetsi...
Bwana Andrew Cuomo usanzwe ari Guverineri wa Leta ya New York ari mu bibazo kuko ari gushyirwaho igitutu ngo yegure kubera ibimuvugwaho by’uko hari umugore yahozagaho inkecye amwaka igitsina kug...







