Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko mu itangazamakuru ari ho yamenyeye ko Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya DRC yeguye. Tshisekedi yavuze ko azakomeza kumufata nk’umuvandimw...
Constant Mutamba wari Minisitiri w’ubutabera yagejeje kuri Perezida Tshisekedi ibaruwa y’ubwegure kandi bwemewe. Bibaye mu gihe hashize iminsi avugwa muri ruswa ya Miliyoni $19 yari agenewe kuba...
Mu nkuru iheruka yavugaga ku Karere ka Nyamasheke, Taarifa Rwanda yari yatangaje ko Abanyamabanga Nshingwabikorwa bo mu Mirenge ine muri 15 ikagize, bari beguye ariko Nyobozi itarabyemeza. Kuri uyu wa...
Taarifa Rwanda yamenye ko hari ba Gitifu bane b’Imirenge itandukanye y’Akarere ka Nyamasheke bandikiye ubuyobozi babumenyesha ko beguye, gusa nta mpamvu y’ubwegure bwabo turamenya kugeza ubu… Ak...
Angie Matsie Motshekga usanzwe ari Minisitiri w’ingabo za Afurika y’Epfo ari ku gitutu cyo kwegura nyuma y’uko Abadepite bamushinje uburangare bwatumye igihugu cye gipfusha abasirikare 14 baherutse kw...
Lt. Gen. Herzi Halevi wari usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Israel yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwazo kubera ko hari ibyo atarahabwaho ubusobanuro ku gitero cyagabwe ku gihugu cye tariki 7, U...
Imyigaragambyo ikomeye imaze iminsi muri Bangladesh yatumye Minisitiri w’Intebe Sheikh Hasina yegura ahita ahunga. Hari amakuru avuga ko ashobora kuba yahundiye mu Buhinde. Muri iki gihugu hamaze im...
Ku rubuga rw’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda handitse ko Perezida wa Sena y’u Rwanda yaraye yakiriye ibaruwa y’ubwegure bwa Senateri Mupenzi George ku mpamvu ze bwite. Iyo baruwa yageze mu Biro by...
Ngendahimana Ladislas wari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rihuza inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA), yeguye ku nshingano ze. Ngendahimana yari umwe mu basanzwe batanga i...
Ba Perezida b’Inama Njyanama b’Uturere twa Huye, Rulindo,na Muhanga bemereye itangazamakuru ko bakiriye inyandiko z’abayobozi babandikiye basaba guhagarika akazi ‘mu gihe kitazwi.’ Hari ha...









