Ubuyobozi mu nzego z’umutekano mu Misiri butangaza ko hari ubwato bwarohamye abantu 17 mu bari baburimo baburirwa irengero. Bwarohamye ubwo barimo bwambuka Inyanja Itukura, abantu 28 bo bararohorwa. ...
Itsinda ry’abatabazi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’abasirikare ba SADC biganjemo abo muri Afurika y’Epfo ryasanze ubwato buherutse kucurangurira abagenzi mu kiyaga cya Kivu bwararohamye ...
Ishami rya Polisi y’Ubugereki rishinzwe kurinda amazi rirashinjwa kujugunya mu Nyanja abimukira abagera kuri 40 bagapfa. Amashusho yabonywe na MailOnline agaragaza abapolisi b’iki gihugu bakubita inko...
Abanyeshuri babiri bigaga mu rwunge rw’amashuri rwa Gihinga( Groupe Scolaire Gihinga ya mbere), taliki 17, Gicurasi, 2024 bagiye koga mu Kivu barohama mu kiyaga cya Kivu, umwe avanwamo yapfuye n’aho u...
Kubera imvura nyinshi yaraye iguye, imodoka itwara indembe yo ku bitaro bya Remera Rukoma mu Karere ka Kamonyi yaje korohama mu mugezi. Yari yagiye gutwara umurwayi ku Kigo Nderabuzima cya Kabuga maze...
Kuri iki Cyumweru abantu barohamye mu bwato bwaganaga ku kirwa cya Nampula muri Mozambique, abagera kuri 90 bahasiga ubuzima. Amakuru avuga ko intandaro y’iyi mpanuka ari uburemere bukabije bw’abantu...
Abantu batanu bo mu Mudugudu wa Kabahizi, Akagari ka Mata, mu Karere ka Karongi barohamye mu kiyaga cya Kivu, babiri barapfa umwana muto aburirwa irengero. Umukecuru wapfuye yapfanye n’umwuzukuru we w...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 28, Nyakanga, 2023 mukerarugendo wari waje gusura u Rwanda aturutse muri Autriche witwa Robert Nenzinger yarohomye m...
Abapolisi 11 bakorera mu ishami rishinzwe kubungabunga umutekano wo mu mazi (Police Marine Unit) bahawe impamyabumenyi zerekana ko bahuguwe neza ku byerekeye gukorera akazi mu mazi harimo no gushakish...
Hari ku wa Gatatu tariki 26 Gicurasi, 2021 ubwo ubwato bwari burimo abantu 200 byarohamaga, kugeza ubu umubare nyawo w’abantu bose bahasize ubuzima ukaba utaramenyekana. Byabereye mu Majyaruguru ashy...









