Ahagana saa yine z’ijoro kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mu gice cy’Uburengerazuba bw’Umujyi wa Goma uturanye n’Akarere ka Rubavu humvikanye ibisasu biremereye. Abahatuye babwiye itangaza...
Abanyarwanda bo hambere bagiraga Ikinyarwanda cyabo, bakagira imikino yabo, bakagira imigirire n’imigenzereze bitandukanye n’iby’abubu. Uretse kumasha, kunyabanwa n’indi mikino ya gisore yarangaga aba...
Mu Mudugudu wa Nyakabanda mu Kagari ka Rwangara mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu hafatiwe umwana w’imyaka 17 ufite imbunda wambaye n’impuzankano y’ingabo za DRC. Abahatuye babwiye Bwiza.com...
Igikuba cyacitse ubwo Donald Trump wari uri mu bikorwa byo kwiyamamariza kongera kuyobora Amerika yaraswaga. Byabereye muri Leta ya Pennsylvania, USA. Abantu bagiye kumva bumva isasu barebye babona Do...
Muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo haravugwa umusirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo warashwe n’umugore we aramwica. Byabaye mu ijoro ryo ku italiki 15 rishyira iya 16, Kamena, 20...
Kuri uyu mbere tariki 15 Mata 2024, Umupolisi w’i Muhanga yarashe umugabo wari uvuye kwiba inka y’umuturage aramwica. Byabereye mu Mudugudu wa Kiduha, Akagari ka Kibaga, Umurenge wa Rugendabari. Umuny...
Muri Nyanza Lac umupolisi yarashe bagenzi be Arabica. Yari abasanze kuri station ya Polisi iherereye ahitwa Nyanza Lac mu Ntara ya Makamba iri mu Majyepfo y’Uburundi. Umwe mu babonye biba avuga ko um...
Muri Leta ya Florida muri Amerika haravugwa inkuru y’umugizi wa nabi warashe umunyamakuru amusanze aho yari yaje gufatira amashusho y’ahabereye ubwicanyi bwakozwe n’uwo wamurashe. Umugabo uvugwaho ubw...
Imibare itangwa na Polisi ya Uganda ivuga ko abantu icyenda ari bo baguye mu muvundo wabereye mu nzu y’imyidagaduro yitwa Freedom City Mall mu Murwa mukuru Kampala. Umusangiza w’amagambo( MC) yabwiye...
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Leta ya Chicago haraye haguye ishyano ubwo umuntu yarasaga abantu bari baje mu birori bita Halloween akica abantu 14, abandi icyenda bakaba bari hagati y’urupfu n...









