Donald Trump, umugore we Melanie Trump n’abandi bo mu muryango we bamaze kugera muri Kiliziya ya Saint John i Washington aho ari burahirire. Ararahira saa moya zo ku isaha mpuzamahanga ni ukuvug...
Perezida Paul Kagame yageze i Accra muri Ghana mu irahira rya Perezida mushya wa Ghana John Dramani Mahama hamwe na Visi Perezida Naana Jane Opoku-Agyemang. Bimwe mu byo abo bagabo bavuga ko bazahanga...
Abagize Guverinoma baherutse gushyirwaho na Minisitiri w’Intebe bazarahira kuri uyu wa Mbere. Aba bagabo n’abagore bagera kuri 21 baherutse gutangazwa mu itangazo ryasohotse mu ijoro ryo ku wa Gatanu ...
Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yamaze kugera kuri Stade Amahoro aho yasanze Abanyarwanda barenga 45,000 bamutegereje ngo bumve indahiro y’inshingano baherutse kumutorera. Mb...
Guverinoma y’u Rwanda yatumiye Abanyarwanda mu muhango wo kurahiza Perezida Paul Kagame uheruka gutorwa, kuzarahira kwe bikazaba taliki 11, Kanama, 2024. Azaba arahirira kongera kuyobora Abanyarwanda ...
Perezida Matamela Cyril Ramaphosa wari usanzwe uyobora Afurika y’Epfo akaba aherutse kongera gutorerwa kuyobora Afurika y’Epfo yarahiriye inshingano ze. Yabwiye abaturage b’iki gihugu ko azabageza kub...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo Bassirou Diomaye Faye uherutse gutorerwa kuyobora Senegal ari burahirire kuzuza izi nshingano. Niwe Perezida muto utorewe kuyobora igihugu icyo ari cyo cyose cy’Afurika, akaba...
I Ankara muri Turikiya haraye habereye umuhango w’irahira rya Recep Tayyip Erdogan wongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu. Perezida Paul Kagame ari mu Bakuru b’ibihugu bitabiriye uyu muhango, bamushim...
Muri Uganda barategura irahira rya Perezida Yoweli Kaguta Museveni uherutse gutsindira kongera kuyobora Uganda kuri Manda ya karindwi. Azarahira kuri uyu wa Gatatu tariki 12, Gicurasi, 2021 Azarahirir...








