Icyamamare Wema Sepetu cyatangaje ko nyuma yo gukora ibishoboka byose ngo azabyare ariko bikanga, yamaze kwiyakira ko bitagishobotse. Sepetu ubu afite imyaka 35 y’amavuko. Uretse kuba yarabaye Miss ...
Umugore wo mu Karere ka Muhanga witwa Kamugisha yagiye kumva uko Kagame yiyamamaza azi neza ko akuriwe ahageze afatwa n’ibise. Baramwihutanye bamugeza kwa muganga abyara imfura ye ayita Ian Kagame Mwi...
Mu Mudugudu wa Kamashashi, Akagari ka Mpushi mu Murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi harivugwa umugore witwa Nagahozo Devotha w’imyaka 35 wapfiriye ku nzira ajya kubyarira kwa muganga. Uyu mubyey...
Amashusho yashyize kuri X na RadioTV10 arerekana imirwano hagati y’umugabo bivugwa ko yari agiye kureba umugore we wabyaye abazwe, ariko umusikirite amubera ibamba. Byaje kuvamo gufatana mu mashati, ...
Mu Karere ka Kirehe, Umurenge wa Mahama haravugwa inkuru y’umuforormo ukorera mu kigo nderabuzima cy’uyu murenge watawe muri yombi n’Ubugenzacyaha akurikiranyweho gusambanya umugore yari agiye kubyaza...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’Intara ya Gauteng yo muri Afurika y’Epfo rivuga ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari umugore wo muri iyo Leta wabyaye abana 10 atari byo. Ni mu itangazo yasohowe n̵...





