Mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu hafi y’umupaka w’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo hari Koperative y’abafite ubumuga ivuga ko muri iki gihe ubucuruzi bakoreraga i Goma busigaye b...
Umuyobozi mukuru wa Polisi IGP Félix Namuhoranye ubwo yaganirizaga abahoze ari Abarembetsi bo mu Murenge wa Cyanika bibumbiye muri Koperative ‘Twiheshe Agaciro Cyanika’ yabemereye inkunga ya Miliyoni ...
Kuri uyu wa 23, Ukuboza, 2024, Koperative Umwalimu SACCO yatangaje ko hari uburyo butatu bushya mwalimu azajya abonamo inguzanyo zirimo izishingiye ku buhinzi n’ubworozi yiswe ‘Sarura Mwalimu’, iy’ubu...
Mu irushanwa ry’uburyohe bw’ikawa y’u Rwanda riherutse kubera mu Mujyi wa Kigali, iyo mu Karere ka Gicumbi niyo yabaye iya mbere mu buryohe. Ni irushanwa ryari rigamije kumenya ikawa ihiga izind...
Uhagaraririye itsinda ry’iterambere n’imari muri Sena y’u Rwanda Senateri Nkusi Juvénal avuga ko hari Koperative mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga igiye kurunduka. Asaba ubuyobozi bwa RCA n’ubw...
Mu Nteko rusange y’abanyamuryango ba Umwalimu SACCO, abayitabiriye beretswe ibyo bagezeho mu kwizigamira no kwishyura imyenda abanyamuryango bafashe. Muri iyi nama hatangajwe ko kugeza ku wa 30, Ugush...
RIB yatangaje ko yataye muri yombi Hilary Hodari wari Umuyobozi wa Koperative NDMC, Nyagatare Dairy Marketing Cooperative, n’umubaruramari wayo witwa Happy Muhoza ibakurikiranyeho kunyereza umutungo ...
Mu rwego rwo kuzamura umusaruro w’ikawa yera mu Karere ka Ruhango n’amafaranga ayivamo akikuba gatatu, ubuyobozi bw’aka Karere ku bufatanye n’amakoperative ayihinga, muri ko hagiye guterwa ibiti bivug...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Hakizimana Claver wari umukozi ushinzwe amasoko mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Amakoperative, RCA, akurikiranyweho ibyaha bif...
Mu Murenge wa Bushekeri mu Karere ka Nyamasheke hari aborozi babonye ikusanyirizo bagemuriraga amata ribaye itongo bahitamo kuyashyira abamamyi. Ni abo mu Mudugudu wa Ruvumbu, Akagari ka Buvungira. Ik...









