Uru rukiko rwanzuye ko ibiherutse gutangazwa ko byavuye mu matora bigatangazwa na Komisiyo y’amatora CENI ari ukuri kandi ko nta buriganya bwabiranzwemo. Aya matora yabaye Tariki 05, Kamena, 202...
Muri iki gihe isesengura rya politiki mu Burundi rigaragaza ko mu gihe habura amezi atanu ngo habe amatora y’Umukuru w’igihugu hari bamwe mu banyapolitiki bari gufungwa, abandi bagakurwa umutima. Abo ...
Abantu 12 baraye batorewe kuba Abasenateri muri Sena y’u Rwanda, uretse babiri, abandi bose bari basanzwe muri uru rwego ruri mu nzego nkuru ziyobora u Rwanda. Abo bantu 12 batowe mu bandi 28 bari biy...
Abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bakorera muri Centrafrique nabo bitabiriye amatora ya Perezida wa Repubulika n’aya Abadepite yabaye kuri iki Cyumweru ku Banyarwanda baba mu mahanga. Mu masaha ya ka...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’amatora Charles Munyaneza asaba abanyamakuru kuzirinda gutangaza ibyavuye mu matora kubera ko ibyo ari inshingano ya Perezida wa Komisiyo y’amatora. Icyo ri...
Francis Kaboneka wigeze kuba Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yaraye ahawe inshingano muri Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu. Ni umwe mu myanzuro yaraye ifitiwe mu Nama y’Abaminisitiri yayobowe na ...
Komisiyo y’igihugu y’amatora yasabye abifuza gutorerwa kuyobora u Rwanda kutazahirahira ngo bahimbe imikono y’ababasinyiye hirya no hino mu gihugu. Perezida w’iyi Komisiyo y...
Raporo ya Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu mu mwaka wa 2023/2024 iragaraza ko igenzura yakoreye mu mu Magororero 14 yasanze afungiwemo abantu 86 274 mu gihe afite ubushobozi bwo kwakira abantu 61 3...
Mu itangazo abakandida bigenga batavuga rumwe na Leta basohoreye hamwe, batangaje ko hari ibigomba gukorwa kugira ngo amatora asubirwemo, yongere akorwe. Abakomeye mu basohoye iri tangazo ni Martin Fa...
Denis Mukwege ashinja uruhande rushyigikiye Felix Tshisekedi kumubangamira mu bikorwa bye byo kwiyamamaza. Avuga ko hari insoresore zishyigikiye Tshisekedi zimanura amafoto ye aho amanitse zikayaca zi...









