Hari umufatanyabikorwa wa Kiyovu Sports witwa Gorillas Coffee ugiye kuyiha $50,000 azayifasha gukomeza kwiyubaka. Kiyovu Sports imaranye igihe ibibazo birimo n’ibyo yafatiwe na FIFA birimo kutagura ab...
Umukino wahuje APR FC na Kiyovu Sports warangiye APR iwutsinze ku 1-0 bituma itwara igikombe cya Shampiyona ya 2023/2024. Hari ku mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona wabaye Kuri uyu wa Gatandatu ,Kuri...
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko buhagaritse Niyonzima Olivier Sefu wari usanzwe ari kapiteni wayo. Impamvu ngo ni uko afite imyitwarire ubuyobozi bwa Kiyovu bwemeza ko ‘idahwitse’. Sefu yari...
Umugereki witwa Petros Koukouras utoza Ikipe ya Kiyovu ashima abakinnyi be ko bihangana bagakina n’ubwo ubukene bubamereye nabi ku buryo hari bamwe basohorwa mu nzu kubera kubura ubwishyu. Ibibazo byu...
Ubushinjacyaha bwa gisirikare kuri uyu wa Gatanu taliki 15, Nzeri, 2023 bwasabiye abantu bane barimo abakozi ba APR FC batatu (abasirikare n’umusivile umwe), gufungwa imyaka itatu ku bw’icyaha cyo guc...
Umukino wa nyuma w’irushanwa “RNIT Savings Cup” waraye uhuje Kiyovu Sports y’abakinnyi 10 na Rayon Sports warangiye iyi kipe itsinze Kiyovu ibitego 3-0. Wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku mugoroba w...
Umuyobozi w’Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Regis yahamije ku kigero kinini cy’abakinnyi batandukanye n’iyi kipe, avuga ko bari abagambanyi. Ngo barayigambaniye bayibuza gutwara ig...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryemeje ko Kiyovu SC ihanishwa kuzakina umukino utaha idafite abafana nk’igihano cyo kuba mu mukino wayihuje na Gasogi Utd bamwe mu bafana bayo ...
Nyuma y’amagambo akomeretsa yakorewe umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi witwa Rhadia Salma Mukansanga mu mpera z’icyumweru cyarangiye Taliki 22, Mutarama, 2023, FERWAFA yatangije iperereza kuri...
Nyuma yo gutsindwa na Gasogi United, ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwahagaritse uwari umutoza mukuru w’iyi kipe witwa Alain-André Landeut. Gasogi United iherutse gutsinda Kiyovu Sports ibitego 3-1 mu ...









