General Sultan Makenga uyoboye umutwe w’inyeshyamba za M23 mu mashyamba ya Congo yatangaje ko arangije gutegura uburyo bwo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi. Yigeze kuvuga ati: “Hadui ...
Hari Taliki 12, Kamena, 2022 ubwo abarwanyi ba M23 bashushubikanyaga ingabo za Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo zimwe zihungira muri Uganda zambukiye ku mupaka wa Bunagana. Mu rwego rwo kwere...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko yabwiye kenshi Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ko gukomeza gushinja u Rwanda kuba inyuma y’abamutera ari ukwihunza inshingano ze nk’Umukuru w’igi...
Commissioner of Police (CP) Vianney Nshimiyimana yitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abapolisi 11 bari bamaze igihe bahugurwa uko banoza akazi ko kurinda umutekano mu mazi magari akikije u Rwa...
Birababaje kuba u Rwanda rutabyaza umusaruro uburobyi kandi ari igihugu gifite ibiyaga birenga 20, ibyo biyaga bikabamo ubwoko bw’amafi 40. Ikiyaga gifite amazi ari ku buso bunini ni ikiyaga cya Kivu ...
Igisirikare cya Uganda cyarekuye abarobyi 36 bamaze ibyumweru bafungiwe muri gereza ya Katwe muri icyo gihugu, bafashwe bashinjwa kuvogera amazi ya Uganda mu kiyaga cya Edward, kiri hagati y’ibihugu b...
Byaraye bigaragaye ubwo Urukiko rwa gisirikare rwo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwakatiraga igifungo cya burundu abasirikare babiri baherutse kurwana bagaterana igipfunsi ku manywa y’i...
Polisi y’u Rwanda imaze iminsi itabazwa ngo irokore abantu barohamye mu kiyaga cya Kivu barimo n’umusaza kugeza ubu utabonerwa irengero. Impanuka ya mbere yabaye kuwa Gatandatu tariki 17, Nyakanga, 20...
Nyiragongo ni ikirunga giherereye mu gace kagizwe n’imisozi miremire yo muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo ituranye n’u Rwanda. Iherutse kuruka yimura abantu ibihumbi aho irangirije kuruka mu nda ...
Umuhanzi Oluwatosin Ajibade wamamaye nka Mr Eazi wo muri Nigeria, yatangaje ko mu mishinga ashaka gukorera mu Rwanda harimo uwo kubaka inzu igezweho yakira ba mugerarugendo, izaba iherereye ku kirwa m...







