Guverinoma ya Sudani Y’Epfo yasinyanye amasezerano n’abatavuga rumwe na Leta azaherwaho mu kugarura amahoro mu gihugu. Yasinyiwe i Nairobi muri Kenya, akaba yariswe Tumaini Initiative. Tum...
Komisiyo y’amatora muri Sudani y’Epfo yatangaje ko mu Ukuboza, 2024 ari bwo hazaba amatora y’Umukuru w’igihugu. Niyo azaba abaye bwa mbere kuva iki gihugu gitangiye kwigenga mu mwaka wa 2011. Byari bi...
Perezida wa Sudani y’Epfo akaba n’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Salva Kiir Mayardit ari i Burundi mu ruzinduko rw’akazi aho azava agana i Kinshasa guhura na Perezida Tshiseke...
Perezida wa Sudani y’Epfo Slva Kirr akaba ari nawe uyoboye Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba ategerejwe i Gitega aho ari bugere avuye i Kigali. Nyuma ya Gitega azakomereza i Kinshasa. Ni mu ruzinduk...
Itangazo ryasohowe nyuma y’ibiganiro byahuje Perezida Kagame na mugenzi we wa Sudani y’Epfo Salva Kirr rivuga ko Abakuru b’ibihugu byombi bemeranyije ko kugira ngo amahoro arambye agaruke mu Karere k’...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiririye mu Biro bye mugenzi we wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, wageze mu Rwanda mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane taliki 22, Gashyantare, 2024. Abakuru b’...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta yakiriye Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr waje mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Perezida Kirr kandi asanzwe ari n’Umuyobozi w’Umuryango wa Afuri...
Nyuma yo kwemererwa kuba umunyamuryango w’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, ubuyobozi bwa Somalia bwasinye amasezerano yo kuwinjiramo mu buryo butaziguye. Ayo masezerano bayita Treaty of Accession....
Mu mpera z’Icyumweru gishize nibwo Perezida wa Sudani y’Epfo Salva Kirr yakiriye ububasha bwo kuyobora Umuryango w’ibihugu umunani bigize EAC. Mu mbwirwaruhame yagejeje kuri bagenzi be, yumvikanishije...
Kirr uyobora Sudani y’Epfo yageze Arusha muri Tanzania aho yahererwe ububasha bwo kuyobora Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba. Ni ububasha yahererekanyije na Evariste Ndayishimiye wari umaze igihe a...









