Perezida wa Iran Masoud Pezeshkian yatangaje ko igihugu cye gihagaritse imikoranire n’Ikigo mpuzamahanga cy’ingufu nikileyeri gifite icyicaro i Vienne muri Autriche. Byatangarijwe mu itangazo mu Cyong...
Hari amakuru yatangajwe na CBS avuga ko ibisasu Amerika iherutse kurasa muri Iran igamije gusenya burundu inganda zikora intwaro za kirimbuzi nk’urwa Fordow, bitageze ku ntego. Ibisobanuro bitangwa mu...
Perezida Donald Trump yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zatangiye kurasa ku nganda za Iran zitunganya ibisasu bya kirimbuzi zari zitararaswaho na Israel kugeza ubu. Yaboneyeho gusaba Iran kwemer...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social ko na mbere y’uko Israel yivugana abayobozi ba Iran igasenya n’uruganda rukora ibisasu bya kirimbuzi, yari yarabinginze ngo bemere gusinya ibikubiye mu...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 12, Kamena, 2025 ingabo za Israel zirwanira mu kirere zagabye ibitero kuri Iran byibasiye ahantu hasanzwe hatunganyirizwa gahunda zo gukora ibisasu bya kirimbuzi. ...
Inzego z’iperereza za Ukraine zivuga ko ari zo zateguye kandi zituma umugambi wo kwica Lt Gen Igor Kirillov wo mu ngabo z’Uburusiya ushyirwa mu bikorwa. Uyu musirikare kuri uyu wa Kabiri yaturikanywe ...
Inzego z’umutekano z’Uburusiya zitangaza ko kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Ugushyingo, 2024 hari missiles zo mu bwoko bwa Atacms Ukraine yaburasheho. Bivuzwe nyuma y’igihe gito Amerika yemereye Ukraine...
Tomsk University ni Kaminuza yo mu Burusiya yasinyanye amasezerano n’Ikigo nyarwanda gishinzwe ingufu za kirimbuzi, Rwanda Atomic Energy Board ngo izagifashe muri byinshi birimo n’ubushakashatsi mu by...
Ubutegetsi bw’i Moscow bwatangaje ko bugiye gutangira gutegura abasirikare babwo n’ingabo zabo mu rwego rwo kuzakoresha intwaro za kirimbuzi igihe cyose bizaba ngombwa. Putin yarabivuze none n’inshuti...
Ubutegetsi bw’i Teheran muri Iran bwarahiye ko buzihorera kuri Israel uko bizagenda kose nyuma yo kwemeza ko ariyo yishe umuhanga wayo mu by’intwaro za kirimbuzi witwa Mohsen Fakhrizadeh. Uyu mugabo y...









