Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe buvuga ko buri kuganira n’abashoramari kugira ngo harebwe uko amabuye menshi kandi ateye neza ari mu Murenge wa Nyarubuye yabyazwa umusaruro. Iyo uyarebera kure ubona at...
Mu Murenge wa Mushikiri hari abaturage batakambiye Abadepite babasuye ko nta huzamurongo( network) rya telefoni rifatika bagira. Ibi bikoma mu nkokora guhanahana amakuru, rimwe na rimwe bikabangamira ...
Abaturage b’imirenge ya Nyamugari na Mushikiri mu Karere ka Kirehe babwiye abagenzacyaha ba RIB ko imwe mu mpamvu zikurura amakimbirane hagati yabo ari izishingiye ku masambu. Itsinda ry’Urwego rw’igi...
Abakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, (RIB), mu ishami rishinzwe ubushakashatsi no gukumira ibyaha, barasaba ababyeyi kwibuka ko gutererana umwana babyaye ari icyaha. Ngo binatuma ajya ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwabagiye ikimasa abaturage bo mu Murenge wa Mpanga mu rwego rwo kubashimira ko bari imbere mu gutanga ubwisungane mu kwivuza, Mutuelle de Santé. Abo mu Murenge wa Maha...
Bamwe mu baturage bafashijwe n’Umuryango utabara imbabare witwa Croix Rouge bavuga ko nyuma yo kugirwaho ingaruka n’icyorezo COVID-19, bakagobokwa n’uyu Muryango, bashima ko amafaranga bahawe yabafash...
Umuryango uharanira imibereho myiza y’abana, Save the Children, ivuga ko ubushakashatsi wakoze bwaweretse ko igwingira mu bana baba mu nkambi y’impunzi y’i Mahama ryagabanutse ku kigero cya 40% guhera...
Amakuru ava mu Murenge wa Mpanga mu Karere ka Kirehe aravuga ko hari inka 13 z’umukecuru witwa Léoncie Mukansonera zapfiriye rimwe zigeze mu murima w’amasaka. Bivugwa ko ziriya nka zapfiriye mu murim...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yaherekeye H Fisk Johnson washinze akayobora Ikigo gikora imiti kitwa SCJohnson bajya gusura ivuriro riri ahitwa Saruhembe mu Murenge wa Mahama, Akarere ka Kire...
Imiryango 130 yorojwe inka na Croix Rouge y’u Rwanda mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Ibirasirazuba ikomeje guhindura ubuzima, ku buryo igera kuri 45 yamaze kwitura, yoroza abandi batari bafite ubushobo...









