Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwafunze umuyobozi w’Ihuriro ry’abafatanyabikorwa b’Akarere ka Kirehe( JADF) rukumurikiranyeho icyaha cyo guhoza ku nkeke uwo bashakanye. Bivugwa ko ari ibikorwa yat...
Imani Basomingera uyobora Ikigo nderabuzima cya Murindi mu Murenge wa Nasho mu Karere ka Kirehe avuga ko abagombora abarumwe n’inzoka bagabanutse kandi bashishikarizwa kuzana abantu kwa muganga....
Abakozi b’Ubugenzacyaha babwiye abatuye Umurenge wa Gatore muri Kirehe ko abacuruza abantu babagirira nabi kugeza n’ubwo babakuramo ibice by’umubiri bakabigurisha. Ni ubukangurambaga bw’uru rwego ruko...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwasabye abamotari bo mu Karere ka Kirehe kwirinda ibikorwa biganisha ku icuruzwa ry’abantu birimo kubajyana imahanga babanyujije mu nzira zitazwi kandi mu buryo but...
Ibiro by’Umushinjacyaha mukuru w’Urwego rwasigariyeho gukurikirana ibyaha byasizwe n’inkiko zaburanishaga abateguye Jenoside yakorewe Abatutsi rwatangaje ko Aloys Ndimbati yapfuye. Yaguye mu Rwanda mu...
Mu Karere ka Kirehe, Umurenge wa Mahama haravugwa inkuru y’umuforormo ukorera mu kigo nderabuzima cy’uyu murenge watawe muri yombi n’Ubugenzacyaha akurikiranyweho gusambanya umugore yari agiye kubyaza...
Mu Mudugudu wa Mataba, Akagari ka Kagasa mu Murenge wa Nyamaguri hari umugabo watawe muri yombi n’inzego z’umutekano akurikiranweho kwica umwana we umurambo akawuta mu bwiherero. Uwo mugabo afite i...
Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira ari i Nkumba aho abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu Burasirazuba bateraniye mu itorero. Yababwiye ko ingengabit...
Mu Murenge wa Mushikiri mu Karere ka Kirehe hari Koperative y’abahinzi bise“Mushikiri Farmers cooperative” ihinga urutoki bya kijyambere k’uburyo insina imwe yera igitoki kipima Ibilo 130. Ni ibilo bi...
Mu karere ka Kirehe hari isoko ryambukiranya imipaka rimaze imyaka itanu ryuzuye ariko ntirirema. Ni isoko riri ku Rusumo ku mupaka uhuza u Rwanda na Tanzania. Ni umwe mu mipaka ikoreshwa cyane haba k...









