Intabaza abacururiza mu isoko rya Kimironko bagejeje kuri Polisi mu minsi yashize niyo yatumye mu minsi ibiri ifata abantu ikekaho ubujura muri iri soko. Polisi yafashe abo bantu 29 hagati y’ita...
Abagenzi batoraguye uruhinja bigaragara ko ari bwo rwari rukivuka Nyina yarutaye ku nzira iri mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Iyi nkuru yamen...
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro witwa Antoine Mutsinzi avuga ko bishoboka ko Denis Kazungu uvugwaho kwica urubozo abantu akabajugunya mu cyobo kiri iwe azaburanishirizw amu ruhame. Avu...
Amakuru Taarifa igikusanya avuga ko ahagana saa munani z’ijoro ryakeye agakinjiro kari hirya gato yo kwa Mushimire mu Murenge wa Ndera aho ugabanira n’uwa Kimironko mu Karere ka Gasabo hahiye. U...
K’ubufatanye bwa Imbuto Foundation, FERWABA, Basketabll Africa League, na Minisiteri ya Siporo mu Murenge wa Kimironko hubatswe ikibuga cya Basketball kizatahwa taliki 20, Gicurasi, 2023. Gifite ibyan...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu gihe cya vuba hazatangira umushinga wo kuvugurura uduce tune tugaragara nk’akajagari, tugashyirwamo ibikorwa remezo ku buryo abahatuye bazashishikarizwa ...
Ikigo Vivo Energy Rwanda gicuruza ibikomoka kuri peteroli cyatangije ubukangurambaga cyise ‘Birahwanye’, bugamije gushimangira ko abakiliya bacyo bahabwa ibicuruzwa bifite ubuziranenge, bagahabwa inga...






