Abantu bari bari mu Kiliziya basenga batunguwe ubwo umusirikare yinjiraga akabarasa akicamo batatu. Byabereye muri Kiliziya iri ahitwa Banana muri Kongo-Central. Ababibonye bavuga ko uwo musirikare ya...
Papa Leo XIV yasomye Misa ya mbere yabereye ahitwa Mary Salus Populi Romani aca no ku mva ya Papa Francis yasimbuye arahasengera. Misa yayisomeye kuri Bazilika yiswe Sainte Marie Majeure. Ubwo aheruka...
Mu murwa mukuru wa Argentina witwa Buenos Aires niho Jorge Mario Bergoflio waje kuba Papa Francis yavukiye, hari Tariki 17, Ukuboza, 1936. Akiri muto yarwaye ibihaha bituma hagira igice cy’ibiha...
Itorero ry’idini ry’abasengera Kiliziya ya Pentekoti mu Rwanda ryitwa Rwanda Pentecostal Assemblies riherutse gutaha inyubako izahugura abashumba. Ni inyubako ebyiri zizafasha abo muri iki kigo basanz...
Imwe mu ngingo zikomeye ziri kuvugwaho mu Rwanda mu mpera z’umwaka wa 2024 ni itegeko ryemerera abangavu gukuramo inda mu gihe no mu buryo bugenwa n’itegeko. Kiliziya Gatulika y’u Rwanda iri mu nzego ...
Abanyapolitiki, Sosiyete sivile n’abanyamategeko baramagana ibyo ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi buteganya byo guhindura Itegeko Nshinga rya Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Abahagarariye izo nze...
Polisi ikorera i Kampala iri mu iperereza nyuma y’uko abantu bataramenyekana batwitse Kiliziya iri muri Paruwasi ya Kigungu Mapeera, alitari n’imyenda y’abahereza bigashya. Umuvugizi wa Polisi muri uy...
Inama nkuru ya Kiliziya Gatulika muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo-La Conférence épiscopale nationale du Congo,CENCO mu magambo ahinnye y’Igifaransa- yatangaje ko idashyigikiye ibyo guhindura Ite...
Muri Miliyari Frw 3.5 zikenewe kugira ngo ubutaka buzubakwaho ingoro ya Birika Mariya mu Murenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru bugurwe bwose, hamaze kuboneka Miliyoni Frw 300. Kiliziya irasaba Abak...
Musenyeri mukuru w’Umutaliyani akaba asanzwe anenga bikomeye Papa Francis yaciwe muri Kiliziya Gatolika, nkuko byavuzwe n’ibiro bya Vatican bishinzwe inyigisho. Musenyeri mukuru Carlo Mari...








