APR FC yaraye itakaje amahirwe yo kurara itwaye igikombe cya 22 cya Shampiyona nyuma yo kunganya na AS Kigali 2-2. Hari ku mukino w’ikirarane cy’umunsi wa 26. Wagombaga kuba warakinwe taliki 5, Mata, ...
Banki nkuru ya Kenya yatangaje ko guhera taliki 02, Mata, 2024 ishami rya Banki ya Kigali muri Kenya rifunze imiryango. Itangazo rya Banki nkuru ya Kenya(The Central Bank of Kenya (CBK) rivuga ko impa...
Uburwayi mu bakinnyi batanu ba AS Kigali bwabaye mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo bari bagiye gukina na Sunrise FC umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona. Amakuru yemeza ko abo bakinnyi bajya gukina ba...
Ubwo impunzi z’Abarundi zaraba ziri mu nzira zitaha, biteganyijwe ko ziri buze guca mu Mujyi wa Kigali. Impunzi 78 z’Abarundi zibarizwa mu miryango 34 zabaga mu nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe z...
Madamu Jeannette Kagame yaraye yitabiriye ibirori bifungura iserukiramuco mpuzamahanga ribereye bwa mbere mu Rwanda ryiswe KigaliTriennial2024. Rizamara iminsi icyenda rikazahuriramo abahanzi barenga ...
U Rwanda rwaje imbere ya Kenya na Afurika y’Epfo mu kugira Ikigo gitanga serivisi zinoze z’imari binyuze mu kigo Kigali International Finincial Center, KIFC. Byatangarijwe muri raporo ikorwa n’Abonge...
Rwiyemezamirimo Masaï Ujiri yabwiye The Bloomberg ko ateganya kuzabaka hirya no hino muri Afurika ahantu h’imikino, imyidagaduro no kuruhuka yise Zaria Courts. Hari mu kiganiro yahaye iki kinyamakuru ...
Izo modoka zazanywe n’uruganda rw’Abashinwa rwitwa BYD Auto. Ruzobereye mu gukora imodoka zikoreaha amashanyarazi rukaba ruzakorana by’umwihariko n’ikigo CFAO Motors mu kugurisha izo...
Umujyi wa Kigali uvuga ko ibigo byahawe izi modoka ari umunani nyuma yo kuzuza ibisabwa. Ni Bisi zatanzwe kuri uyu wa Gatanu kugira ngo zongerere imbaraga izari zisanzwe zikorera muri uyu mujyi ariko ...
K’ubufatanye na LODA, ubuyobozi bw’Umujyi bwateguye kandi butoza itsinda ry’abahanga bazaha abahoze ari abazunguzayi inguzanyo izishyura kuri 2% kugira ngo bakomeze gucururiza ku maseta yabo aho kugir...









