Haruna Niyonzima wari umaze igihe gito agiye muri Rayon Sports yahise ahagarika amasezerano hagati ye n’iyo kipe ikomeye. Yabwiye itangazamakuru ko hari amafaranga agombwa kandi atahawe kandi ko...
BK Group iratangaza ko mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka yazamuye urwunguko rwa Banki ya Kigali ho Miliyari Frw 47.8. Ubuyobozi bw’iyi banki buvuga ko ibi ari ibyo kwishimira kuko uru rwunguko rw...
Umuyobozi w’ibitaro bya Gakoma byo mu Karere ka Gisagara yatawe muri yombi akekwaho kwica umwana w’imyaka umunani yareraga. Ganza Lyanne yari umwana w’imyaka umunani wigaga mu mwaka wa Gatatu w’amashu...
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nyamata,mu Karere ka Bugesera, butangaza ko hari kuvurirwa abarwayi babiri b’indwara y’ubushita bw’inkende muri 13 bakekwaho iyi ndwara. Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Nyamata...
Amakuru ya vuba ku nkongi yazindukiye mu cyanya cy’inganda cya Kigali avuga ko uruganda rwahiye ari urw’Abashinwa rukorera imyenda muri kiriya cyanya. Umuvugizi wa Polisi ACP Boniface Rutikanga yabwiy...
Amakuru Taarifa ifite aravuga ko mu cyanya cy’inganda kitwa Kigali Special Economic Zone hadutse inkongi mu masaha ya saa kumi n’imwe za mu gitondo kuri uyu wa Mbere taliki 05, Kanama, 2024. Umwe mu b...
Mu gihe kiri imbere u Rwanda rugiye guhabwa miliyoni € 50 azatangwa n’Ikigega cy’Abataliyani gishinzwe kwita ku bidukikije kugira ngo azarufashe mu mishinga yarwo igamije iterambere ritangiza ibidukik...
Minisitiri w’imari n’igenamigambi Yusufu Murangwa yasinyanye na Ambasaderi wa Koreya y’Epfo mu Rwanda Woo-Jin Jeong amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu afite agaciro ka miliyari $1. Ayo mafaranga ...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abamotari bose bakorera mu Mujyi wa Kigali bazatabira Inama izabahuriza kuri Pele Stadium i Nyamirambo. Mu itangazo rya Polisi handitsemo ko iriya nama izatangira ...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buributsa Abanyarwanda ko nta muntu wemerewe kwanduza umuhanda. Ni ubutumwa bureba abantu ku giti cyabo, abafite ibikorwa by’ubwubatsi aho imodoka ziva cyangw...









