Hagati ya 23, Gashyantare n’itariki 02, Werurwe, 2025 nibwo isiganwa mpuzamahanga ribera mu Rwanda ryitwa Tour du Rwanda rizaba. Ni isiganwa rizagira ibyiciro umunani bita stages. Iriheruka ryabaye ha...
Binyuze mu guhanahana amakuru no gufatanya mu gukurikirana abanyabyaha, Polisi zo mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba ziyemeje guhangana n’ibyaha byambukiranya imipaka, bigakorwa binyuze mu ikoranab...
Abitabiriye imurikagurisha ryatangiye kuri uyu wa Gatandatu rimurikirwamo ibikorerwa i Kigali n’ibikorerwa i Kampala riri kubera muri uyu Mujyi bavuga ko ubu bucuruzi bukwiye kugezwa ku rundi rwego, b...
Hari abatuye Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi bavuga ko bamaze igihe batagira amazi meza kandi bafite amavomo. Banenga ko abashinzwe amazi bayabaha ari uko hari abayobozi bo mu nzego nkuru z’igi...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Nigeri Bora Tinubu baganira uko umubano w’ibihugu byombi bakomeza kandi ukagurirwa no mu zindi nzego. Bombi bihuriye i Abu Dhabi m...
Hafi ya Kigali Convention Center ahahoze uwo bitaga ‘umugore ucira amazi’ harasenywe. Ni Rond Point abantu bakundaga kujya kwicaraho ngo baruhuke cyangwa se bahakorere siporo. Hari abahafatiye amashus...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, NISR, ku byerekeye uko abantu batega indege mu ngendo zikorerwa imbere mu gihugu yerekana ko mu mwaka wa 2020, abantu 5.922 ari bo bakoreye ...
Amasezerano y’umutoza mukuru wa Amavubi, Torsten Frank Spittler yarangiranye n’umwaka wa 2024. Uyu mugabo ukomoka mu Budage yageze mu Rwanda aje gutoza Amavubi mu ntangiriro z’Ugushyingo, 2023. Yari a...
Bimwe mu bituma abantu bakunda Umujyi wa Kigali ni ibiti biwuteyemo biwuha amahumbezi. Ibyo biti ni byinshi kandi biri henshi. Icyakora bimwe birashaje ku buryo hari ibihirikwa n’inkubi bityo abaturag...
Guverinoma y’u Rwanda irateganya ko mu mpeshyi ya 2025 hari Rond-Points eshatu zo mu mujyi wa Kigali zizavugururwa mu rwego rwo kurimbisha Kigali no koroshya urujya n’uruza. Minisitiri w’ibikorwa reme...







