Ntituramenya niba ari ‘Operation’ yihariye Polisi y’u Rwanda yatangije mu Mujyi wa Kigali, gusa ikigaragara ni uko hari abantu benshi biganjemo urubyiruko iri guta muri yombi, ikemeza ko ari abajura. ...
Saa tanu z’ijoro kuri iki Cyumweru tariki 15, Kamena, 2025, abapolisi bakorera mu Murenge wa Kimisagara bafatanye umugabo witwa Safari Adrien inzoga Polisi ivuga ko ari inkorano yari ajyanye mu isoko ...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyaretse ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali uko cyasanze abawutuye babayeho. Nyuma yo kubibona babikubiye mucyo bise Ubushakashatsi ku Mibereho y’Ingo Icyic...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe yaganiriye n’Umuyobozi mu Busuwisi ushinzwe Afurika muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga witwa Amb. Philipp Stalder, b...
Ingingo ikomeye yazinduye Umugaba mukuru w’ingabo za Misiri mu Rwanda ni ukuganira n’ubuyobozi bwazo uko impande zombi zakorana. Lt Gen Ahmed Fathi Ibrahim Khalifa uziyobora yaraye ageze mu Rwanda mu ...
Ubuyobozi mu Mujyi wa Kigali bwatangaje ko bugiye gushyiraho uburyo buboneye bwo gufasha abatega imodoka mu buryo bwa rusange kuzitega hakurikijwe amasaha azwi kandi adahindagurika. Ni uburyo buzafash...
Ibarura ryakozwe hashingiwe ku banduye Malaria batuye Umujyi wa Kigali byaragaraye ko abantu 10, 399 bo mu Mirenge 15 yo mu Mujyi wa Kigali, basanzwemo Malaria. Minisiteri y’ubuzima iherutse gutangiza...
Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama mukuru wa Perezida wa Amerika ku byerekeye Afurika avuga ko nyuma y’uko Ibiro bye bikoranye n’ubuyobozi bw’u Rwanda na DRC mu gukora umushinga uhuriweho wo kugarur...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryafatiye ibihano amakipe atandukanye arimo na Kiyovu FC na AS Kigali yo mu Rwanda birimo iby’uko ayo yombi ‘atemerewe’ kwandikisha abakinny...
Ubwo yagezaga ikiganiro gikubiyemo igenamigambi ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026 n’uko izakoreshwa, Minisitiri Yussuf Murangwa yavuze kubaka umuhanga Kigali-Muhanga utagikozwe kuko hari ibitara...









