Ikigo cy’u Rwanda gikora ingendo z’indege, RwandAir, cyatangaje ko kigiye kuba icya mbere muri Afurika mu gukoresha ikoranabuhanga rigezweho mu ngendo z’indege muri ibi bihe, rizwi nka IATA Travel Pas...
Kugeza kuri iki Cyumweru, imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko abamaze kwandura icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda ari abantu 18.053, abamaze gupfa ni 249. Iki cyorezo cyagaragaye bwa mbere mu Bu...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima RBC bwatangaje ko buri burangire gupima abatuye Umujyi wa Kigali kibasanze ku biro by’Utugari. Abafite ibimenyetso bya COVID-19 n’ibisa nabyo nibo bari b...
Umukino AS Kigali yagiye yiteguye gutsindira muri Tunisia yawutsinzwe kandi ku bitego byinshi. Uyu mukino ubanza yakinnye na CS Sfaxien yawutsinzwe ibitego 4-1. Waraye ubaye kuri uyu Gatandatu t...
The Ben wari umaze igihe kirenga umwaka ari mu Rwanda yasubiye muri USA wenyine ntiyajyana umukobwa yari amaze iminsi mike yerekanye ko ari umukunzi we. Haribazwa niba ibyabo bitaba birangiriye aho! ...
Mu ijoro ryakeye nyuma y’uko ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ibonye intsinzi ku mukino yakinagamo n’ikipe y’igihugu ya Togo, hari abanyarwanda batuye mu bice bi...
Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa Commissioner of Police George Rumanzi asaba abatuye Kigali gukorera Siporo aho byemewe ku masaha yemewe, bakirinda kurenga imbibi z’imidugudu yabo. ...
Itangazo ryasohowe n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuzima, RBC, rivuga ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 23, Mutarama, 2021 bamwe mu batuye Kigali bafite imyaka 70 kuzamura bagomba kujya ku tugari...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangarije Taarifa ko kugeza ubu bamaze kubarura imiryango 69,000 ikeneye guhabwa ibiribwa byo kubafasha kubaho muri iki gihe cya Guma Mu Rugo i Kigali. Mayor Pudence R...
Uwase Hirwa Honorine amaze imyaka itatu gusa amenyekanye mu ruhando rw’ibyamamare. Ikimero cye nicyo cyamukoreye umuti nk’uko ab’ubu babivuga, aba abaye Miss Gisabo kubera uko uko ateye. Yishongoye ku...









