*Faysal yaramurangaranye, *Aregeye Urukiko, Rubura Umwanzuro w’Iburanisha Ryabanje Nyuma y’uko Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rutegetse ibitaro bya Faysal n’Ibya Kanombe kwishyura miliyoni Frw 100 umu...
Kuri Kigali Convention Center haraye hamuritswe ahantu imodoka zikoresha amashanyarazi zizajya ziyavoma(ibyo bita gucaginga). Habaye ahantu ha kabiri zizajya zivoma amashanyarazi nyuma y’ahagenewe ing...
Ubuyobozi bwa Basketball Africa League (BAL) bwatangaje ko irushanwa rizahuza amakipe 12 y’intyoza muri uyu mukino muri Afurika, rizakinwa bwa mbere kuva ku wa 16-30 Gicurasi, muri Kigali Arena. BAL y...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko kigiye gupima icyorezo za COVID-19 mu bantu bagera ku 2000, hasuzumwa urwego kiriho mu Mujyi wa Kigali. Ni uburyo bumaze kumenyerwa, bukorwa inshuro nyi...
Umushoramari Venant wari ufite resitora mu Mujyi wa Kigali yubatse izina nka “Chez Venant Bar & Resto”, yitabye Imana. Iyi resitora yahoze ikomeye mu mujyi wa Kigali, gusa yaje gufunga imiry...
Inzego z’ubuzima zikomeje gukingira icyorezo cya Covid-19, haherewe ku byiciro bifite ibyago byinshi byo kwandura cyangwa kuzahazwa n’icyo cyorezo. Bamwe mu bakingiwe uyu munsi ni abanyero...
Kuri Kigali Arena hari ukubera igikorwa cyo gukingira abanyamadini , abakora mu miryango itari iya Leta icyorezo cya COVID-19. Abanyamadini nabo bari mu bantu bafite ibyago byo kwandura ki...
Mu nzego z’ibanze iyo abayobozi bahuye n’abaturage bagira imvugo imaze kumenyerwa igira iti; “ Umuturage ku Isonga”. Inkuru zanditswe mu myaka mike ishize zashyize bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’iban...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 37 bafatiwe makoraniro atemewe mu bihe byo kwirinda icyorezo cya COVID-19, barimo 27 bafatiwe mu nzu barimo gutegura filime n’abandi 10 bafatiwe mu rugo rw’umuturage...
Iri duka ricuruza ikawa n’ibindi binyobwa riherereye hafi y’Ikicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo. Ingamba zo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19 zarigizeh...









