Madamu Isabelle Kalihangabo, akaba ari Umuyobozi wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha yaganirije abanyeshuri bo muri Lycée de Kigali abagira inama zo kwirinda ibyaha birimo no kuba basambany...
Mu Rwanda cyane cyane mu Mujyi wa Kigali ibiganiro biterekeye ibiri kubera i Rubavu kubera umutingito uhamaze igihe, ni ibyerekeye uruzinduko Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron azagirira mu Rwanda...
Siporo rusange imaze kumenyerwa nka Car Free Day yongeye kuba mu Mujyi wa Kigali nyuma y’amezi asaga atatu ihagaritswe, ikorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19. Iyi gahunda yaherukaga muri ...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko umunsi wa siporo rusange umaze kumenyerwa nka Car Free Day ugiye kugaruka, buri wese akazajya ayikora ku giti cye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda C...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwashyiriyeho abawutuye uburyo bwo kubwegera bagasobanuza ibibazo bishingiye kuri serivisi z’ubutaka, z’imiturire, abatswe indonke n’ibindi. Kuri Twitter, ubuyobozi bw’Um...
Inama y’abaminisitiri yemeje ko ingendo zemewe kuva saa kumi za mu gitondo kugeza saa yine z’ijoro, mu gihe zasozwaga saa tatu z’ijoro. Ni umwe mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu w...
Ku munsi wa Kabiri wa ririya rushanwa wabaye kuri uyu wa Mbere tariki 03, Gicurasi, 2021 abasiganwa berekeje mu Karere ka Huye, nyuma y’agace ka mbere kabaye kuri iki Cyumweru kagasorezwa i Rwamagana...
Imirimo yo gutunganya agace kamenyerewe nka ‘Car free zone’ mu Mujyi wa Kigali ngo gahinduke Imbuga City Walk igeze kure. Hakomeje kubakwa ibikorwa remezo byateganyijwe, ku buryo aha hantu hazaba hiha...
Mu rwego rwo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kwita ku isi n’ibiyituye, abanyeshuri biga ibinyabuzima cyane cyane ibimera bo muri Kaminuza y’u Rwanda, kuri uyu wa Gatatu basuye Pariki ya Nyungwe...
Urubanza rw’ubutaka bwaguzwe na Padiri Hitimana Josephat wahoze ayobora Kaminuza Gatolika ya Kabgayi rukomeje kubura gica. Yabuguze mu mafaranga ye ariko bwanditswe ku muryango utari uwa leta umaze im...









