Inyongezo yahawe MTN Rwandacell Plc ngo ibe yakemuye ibibazo biri mu itumanaho ryayo ikomeje gusatira umusozo, ndetse kubera birantenga, iki kigo kigeze nibura kuri 60% cyubahiriza ibyo cyategetswe n’...
Nyuma y’uko Lt Gen Muhoozi Kainerugaba akuriye inzira ku murima abantu bo mu ishyaka rivuga ko rizahirika ubutegetsi bw’u Rwanda, RNC, akababwira ko bagomba kuzinga ibyabo bakava muri Uganda niba baku...
Abatuye Umujyi wa Kigali bari babwiwe ko kuri uyu wa Gatandatu taliki 26, Gashyantare, 2022 bagomba kuzindukira mu muganda rusange. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu bwat...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko guhera ku wa Gatanu, umuhanda w’amabuye unyura mu gace karangwamo utubari twinshi na resitora ku Gisimenti mu Karere ka Gasabo uzajya ufungwa mu mpera...
Mu Budage aho Perezida Kagame ari, kuri uyu wa Gatatu yitabiriye Inama yo ku rwego rwo hejuru yiga uko mu gihe gito kiri imbere muri Afurika hatangira gukorerwa inkingo. Ni inama kandi yitabiriwe na P...
Amakuru y’uko Stade Amahoro izagurwa ikongererwa ubwiza n’ubuso yatangiye gutangazwa bwa mbere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire mu mwaka wa 2018. Hari amakuru avuga ko hagati ya Werurwe na Mata...
Abantu barinda imari y’abandi bazwi ku izina ry’abazamu bagize rimwe mu matsinda y’Abanyarwanda benshi badakunda guha agaciro bakwiye ariko mu by’ukuri bafite akamaro kanini. Hari bamwe muri bo batubw...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ifatanyije n’izindi nzego harimo iz’ubuzima n’umutekano yatangije ubukangurambaga bwo guhwitura abaturage batarikingiza kubikora. Ni ubukangurambaga buzamara iminsi ...
Kuri uyu wa Kane tariki 13, Mutarama, 2022 mu Mujyi wa Kigali habaye ikintu bamwe batekerezaga ko kidashoboka: Imyigaragambyo. Abamotari bakije moto zabo bahurira hamwe mu bice bya Kigali basa n’abaf...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 13, Mutarama, 2022 abamotari bo hirya no hino mu Karere ka Nyarugenge n’ahandi bazindukiye mu myigaragambyo. Bavuga ko hari amafaranga bakatwa kuri mubazi zishyu...









