Perezida wa Uganda yagiranye ibiganiro byihariye na mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame. Byabereye i Nairobi aho Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye mu muhango wo kwakira DRC mu Muryango w’Afurika y...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, gitangaza ko mu mwaka wa 2021 ari bwo imari yashowe mu Rwanda yabaye nini kurusha indi yose yabanje. Ngo ni ikintu cyo kwishimira ko byaba mu gihe igihugu ...
Ahahoze hakorera Minisiteri y’ubutabera, Urukiko rw’ikirenga n’Ubushinjacyaha bukuru bwa Repubulila ubu harazitiwe kugira ngo ibyari bihubatswe bisenywe, hubakwe inzu nini y’ubucuruzi n’izindi serivis...
Nyuma y’uko Leta y’u Bwongereza yemeje ko Johnston Busingye ari we Ambasaderi w’u Rwanda muri kiriya gihugu, Busingye yagejeje impapuro zimwemerera guhagararira igihugu cye ku buyobozi bw’u Bwongereza...
Madamu Martine Urujeni niwe utorewe kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ubukungu n’imibereho myiza y’abaturage. Asimbuye kuri uyu mwanya Madamu Nadine Gatsinzi. Urujeni Martine yaban...
Mu mwaka wa 1896 mu Busuwisi havutse umugabo wanditse igitabo gikubiyemo ibitekerezo yise ‘Theory of Cognitive Development’ cyahaye abantu ibisobanuro by’akamaro k’imikino mu mikurire y’abana. Uwo muh...
Kuri uyu wa Mbere Taarifa yasanze hari abakozi b’Urwego rwunganira mu by’umutekano w’Akarere,DASSO, bari gukura Kiosque ya MTN hamwe muho yari imaze igihe. Umwe mubafite Kiosque wimuwe aho yakoreraga ...
Ikipe ya REG Basketball Club yeretse izo bari bahanganye mu mikino y’amajonjora yo kuzitabira imikino ya nyuma y’igikombe cy’amarushanwa nyafurika y’uyu mukino ko yihagazeho. Imikino y’irangiza izaber...
Nyuma kuva gusura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yahise akomereza muri Kigali Arena aho yerekaniye ubuhanga bwe mu gukina Basketball. Hari amafoto yagaragaye ari ...
Mu gihe u Rwanda rwatangije ubukangurambaga mu uguhera abana ifunguro ku ishuri mu gikorwa cyabereye mu Kagari ka Ayabaraya mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, Taarifa yabonye ko uretse no ku...









