Mbere y’uko CHOGM itangira hari bamwe mu banyamahanga bari baje mu Rwanda muri BAL bavuze ko Kigali ari nziza k’uburyo wagira ngo si muri Afurika. N’ubwo ntawamenya niba ibyo bavugaga barabiterwaga n...
Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi mu Rwanda Nicola Bellomo avuga ko ibihugu by’Ubumwe bw’u Burayi bishyigikiye umugambi w’u Rwanda wo gufatanya n’u Bwongereza mu kwita ku bimukira bakomeje k...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa avuga ko mu gihe cya CHOGM nta bikorwa by’ubucuuruzi bizafunga ahubwo ngo abaturage bakomeze gukora ariko banoze kandi batange serivisi neza. Kuri uyu wa...
Mu rwego rwo kuzaha serivisi nziza abazitabira Inama ya CHOGM izatangira taliki 21, ikazageza taliki 26, Kamena, 2022 abakorera ku giti cyabo bavuga ko bashyizeho uburyo bwo kuzakora amasaha yose agiz...
Ikigo Marriot International cyafunguye i Kigali hoteli yitwa Sheraton iri mu zifite izina rikomeye ku isi. Ni Hoteli y’inyenyeri enye ikaba ifunguwe hasigaye igihe gito ngo mu Rwanda hatangire inama y...
Mu Turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatandatu taliki 04, Kamena, 2022 abaturage baramukiye mu muganda. Ni umuganda wasimbuye uwari bukorwe taliki 28, Gicurasi, 2022 ariko urasubikwa. ...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’Umuryango, Prof Jeannette Bayisenge avuga ko igikwiye kurusha ibindi ari ukurinda ko abangavu baterwa inda. Ibi kuri we ni byo by’ingenzi kurusha kwibwira ko ...
Mu Karere ka Nyarugenge ahitwa mu Biryogo ku muhanda KN113 St Umujyi wa Kigali wahashyize umuhanda mugari kandi ukozwe neza uriho ibishushanyo ugenewe abana. Ni ahantu hakomye ibinyabiziga byose bitem...
Mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Karama mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Kicukiro haraye hafunguwe ikigo kizahugura urubyiruko ruba muri uyu mudugudu mu myuga irimo n’ubudozi. Intego ni ukuruha ubume...
Amasezerano hagati ya Banki ya Kigali n’ikigo cyari gisanzwe gicunga Kigali Arena avuga ko iki kigo kizitwa BK ARENA mu gihe cy’imyaka itandatu iri imbere. Ikigo QA Venue nicyo cyari gisanzwe gicunga ...









