Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura cyatangaje ko kubera ibura ry’amashanyarazi ku ruganda rutunganya amazi rwa Nzove, biteganyijwe ko ibice hafi ya byose by’Umujyi wa Kigali bizabura amazi. WA...
Dr Didas Kayihura Muganga wari usanzwe ari Perezida w’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yagizwe Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa Kaminuza y’u Rwanda. Itangazo rivuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe Dr...
Umwe mu mishinga igamije kuzamura imibereho myiza y’abatuye Umujyi wa Kigali ni uwa Miliyoni Frw 727 zo kubaka ahantu hameze neza abazunguzayi bazacururiza. Icyakora hari ahigeze kubakwa hirya no hino...
Mu Rwanda hateraniye Inama igomba gusuzuma no kwemeza ibikubiye mu biganiro byabereye Arusha muri Tanzania mu mwaka wa 2019 byari bigamije kureba uko umubare w’abagore bakora umwuga w’ubugenzacyaha wa...
Mu rwego rwo kwifatanya n’Abarundi kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 u Burundi bumaze bubonye ubwigenge, Perezida w’ Rwanda Paul Kagame yoherereje mugenzi we w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ubutumwa b...
Abagize Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku isi, bavuguruye ibihano byafatiwe Repubulika ya Demukarasi ya Congo harimo n’uko itemerewe kugira uwo iguraho intwaro. Ni icyemezo cyafashw...
Nyuma y’uko abaturage ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo bashyiriye iterabwoba ku muraperi ukomoka iwabo ariko uba mu Bufaransa witwa Youssoufa ko naza mu Rwanda ibizamubaho azabyirengera, uwitwa La...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yabwiye abari bitabiriye Inteko rusange y’Umujyi wa Kigali ko mu rwego rwo kuba intangarugero aho bayobora, bagomba kwirinda ko mu ngo za...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madamu Martine Urujeni yakoranyije Inama yitabiriwe n’abakora mu nzego z’uburezi n’abandi bashinzwe imibereho myiza y’abatur...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa Madamu Cathérine Colonna yabwiye mugenzi we wungirije wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ko i Paris badashyigikiye ibitero bya M23, ko igomba kub...









