Amakuru Taarifa ifite aremeza ko imyiteguro yo kwikira Perezida Paul Kagame mu Ntara y’i Burasirazuba irimbanyije. Izaba ari Intara y’u Rwanda ya gatatu asuye kuko yabanjiriye mu Ntara y’Amajyepfo, ak...
Hafi yo kwa Rubangura mu Mujyi wa Kigali hari kubakwa inzu ndende igeretse inshuro 19 izaba ari iya mbere mu kurengerera ibidukikije izaba yubatswe mu Rwanda ndetse no mu Karere ruherereyemo bitewe n...
Umukuru w’Umudugudu wa Kigoma, Akagari ka Kigoma, Umurenge wa Jarama mu Karere ka Ngoma witwa Faith Mukantazinda avuga ko mu Mudugudu we hari abana bahura n’ihohoterwa ryo kwimwa n’ababyeyi babo ibyo ...
Mu minsi micye ishize aborozi bari bamaze iminsi batakira itangazamakuru ko igiciro cy’amata cyazamutseho hafi Frw 200 kuri Litiro imwe. Basabaga inzego zibishinzwe kureba uko hashyirwaho igiciro kimw...
Mu gihe ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa hafi ya byose byazamutse mu giciro, amata niyo yari akiboneka ku giciro umuntu yakwita ko kiringaniye. Icyakora muri iki gihe abatuye Umujyi wa Kigali barataka ...
Mu gihe no gukoresha mubazi ari ikibazo ku bamotari benshi kubera ko ngo zibahombya, ubu bategetswe n’Urwego rw’igihugu rushinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro ko guhera Taliki 22, Kanam...
Hari abantu bane Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi ibakurikiranyeho ubujura bakoreye abashyitsi bari bakiriwe muri Kigali Convention Center no muri Kigali Marriot. Abo bantu bafatanywe mudasobwa biv...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe isuku n’Isukura, WASAC, bwatangaje ko guhera Taliki 10 kugeza Taliki 12 henshi mu Mujyi wa Kigali hagiye kubura amazi. Muri icyo gihe ngo abakozi ba WASAC b...
Mu rwego rwo kwagura Stade Amahoro no gutunganya aho iherereye, hari gahunda y’uko inyubako isanzwe ikoreramo ikicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali ( Central region) zizasenywa ndetse n’ahari ibitaro ...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa avuga ko ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buteganya kuzajya bwunganira abaturage bagiye kwiyubakira umuhanda muri karitsiye yabo. Ni mu kiganiro yahaye aban...









