Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko ikigo cya Kigali kigisha ubuhanga n’ubumenyingiro, Rwanda Polytechique, IPRC-Kigali ifungwa, Taarifa yaje kumenya bimwe mu bishobora kuba byateye iri fungw...
AS Kigali yari ihagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika ya CAF Confederations Cup yasezerewe muri iri rushanwa , nyuma yo gutsindwa igitego kimwe ku busa. Ku mugoroba wo kuri uyu wa 16 Ukwakira, 2022 ...
Umujyi wa Kigali watangije ahantu hihariye ho gukorera Siporo mu rwego rwa Kigali Car Free Day. Muri Siporo Rusange yo kuri iki Cyumweru, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwashyizeho ahantu hihariye aban...
Ikigega nyarwanda cyo kwigira kitwa Agaciro Development Fund (AgDF) cyashoye Miliyoni $8 muri Banki y’iterambere ry’Afurika yitwa Eastern and Southern African Trade and Development Bank (TDB). Umuyob...
Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali yavuze ko ikigo ayoboye kiteguye kuzaha aborozi b’i Nyagatare imodoka izakorerwamo ibyo gupima amatungo. Ni imodoka wagereranya n’isuzumiro( laboratoire) ige...
Hari indirimbo iri mu zimaze igihe ivuga ko u Rwanda rw’ejo ruteganya kuzamenya gusoma. Icyakora hari ibindi rusoma bikarukoraho. Ibyo ni inzoga n’ibiyobyabwenge kandi byatumye umubare w’urubyiruko r...
Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino wo gutwara amagare yabwiye Taarifa ko muri Tour du Rwanda 2023 hazongera hasubireho gahunda yo kuraza abakinnyi mu Ntara runaka bitewe n’aho ...
Mu Murenge wa Rukira mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’i Burasirazuba abagabo babiri baherutse kwiba umucuruzi Miliyoni Frw 2 zirenga yari agiye kujyana kuri Banki. Ku bw’amahirwe, Polisi yashoboye kugaru...
Umushinjacyaha mukuru mu bashinja Felisiyani Kabuga witwa Serge Brammertz yavuze ko kera kabaye abagizweho ingaruka n’ibyaha Kabuga yakoreye Abatutsi bagiye guhabwa ubutabera nyuma y’imyaka 28 Jenosid...
Abaturage baherutse kwimurwa ahitwa Kangondo na Kibiraro bakajya gutuzwa mu Busanza bwa Kanombe bakoze umuganda muri uyu mudugudu. Nyuma yawo bitabiriye amatora y’Abunzi nk’uko byakozwe n’ahandi. Aba...









