Mu Mujyi wa Kigali mu Kigo cyitwa Norrsken habereye igikorwa cyo guhemba abakoze imishinga igamije gutanga ibisubizo mu rwego rw’ubuzima. Ni imishinga yakozwe mu rwego rw’ikoranabuhanga, ikaba yarakoz...
Hari raporo iherutse gusohorwa n’ihuriro ry’abarimu bo muri Zimbabwe ivuga ko bagenzi babo boherejwe mu Rwanda ngo bafashe mu kwigisha Icyongereza babayeho nabi. Hashize amezi abiri itsinda rya mbere...
Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Eda Mukabagwiza ashima uko Umujyi wa Kigali ‘wihatira’ gukemura ibibazo bibangamiye imibereho y’abawutuye. Hon Mukabagwiza yabivuze nyuma ...
Mu rwego rwo kwagura ibikorwa remezo mu Mujyi wa Kigali, ubuyobozi bwawo bwatangije icyiciro cya kabiri cyo kuwubakamo imihanda. Igiye kubakwa ubu ingana na Kilometero 70. Umushinga wose uteganya ko h...
Niba ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubwikorezi kidatabaye ngo gisane vuba na bwangu igice kimwe cy’ikiraro cya Nyabarongo cyahengamiye uruhande rumwe, gishobora gusenyuka mu buryo bukomeye! Nicyo kiraro ...
Urutonde rw’imihanda izakoreshwa muri Tour du Rwanda ya 2023 rugaragaraho undi muhanda mushya abazakina iri rushanwa bazakoresha. Uwo ni umuhanda wa Kigali Gisagara. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2022/2023 ibigo by’amashuri byo muri uyu mujyi bizafashwa gutera ibiti 285,805 byiganjemo iby’imbuto. Ni icyiciro cya mbere cy...
Ni imvura nyinshi yaraye iguye mu bice bitandukanye by’u Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu Taliki 16, Ugushyingo, 2022, aho yahitanye ubuzima bw’abantu batatu mu Mujyi wa Kigali mu Turere twa G...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali ushinzwe imibereho myiza, Madamu Martine Urujeni yabwiye abaturage bo mu Murenge wa Remera mu Kagari ka Nyabisindu I barimo n’abakora uburaya ko Imana ishobora kubafasha k...
Minisiteri y’uburezi yatangaje kuri uyu wa Gatandatu taliki 05, Ugushyingo, 2022, ishuri ry’imyuga n’ubumenyi ngiro rya Kigali, IPRC-Kigali, rigiye gusubukura amasomo. Hari hashize ibyumweru bibiri ri...









