Umujyi wa Kigali wahaye amasezerano y’umwaka umwe ikigo kitwa CALL ME Ltd ngo kijye gikorera isuku Stade Kigali Pélé Stadium. Ni nyuma y’uko itangazamakuru rigaragaje ko iyi stade yari igiye kuba ikim...
Mu mukino wo gushaka itike yo kujya mu mikino Olempike izabera i Paris mu Bufaransa mu mwaka wa 2024, ikipe y’u Rwanda y’Abagore ikina umupira w’amaguru yaraye inganyije na Uganda ibitego 3-3. Hari m...
Uyu musore yatangaje ko yamaze gusinyana na Rayon Sports amasezerano y’uko azayikinira umwaka utaha wa 2023/2024. Kuba Rayon Sports yakiriye Niyonzima Olivier Sefu biri mu mugambi wayo wo kwiyubaka ku...
Sosiyete y’indege z’u Rwanda zitwara abantu n’ibintu, Rwandair, kuri uyu wa Mbere yatangiye kujya mu Bufaransa mu Murwa mukuru Paris. Ni urugendo izajya ikora ntaho ihagaze. Izajya ijyayo gatatu mu Cy...
Nyuma y’inkuru yatambukijwe na Taarifa na bagenzi bacu ba UMUSEKE yatabarizaga ko Kigali Pélé Stadium yahindutse ivumbi kandi itaramara amezi itanu itashywe n’Umukuru w’igihugu, ubuyobozi ...
Mu gihe kitaratangazwa arko cya vuba, mu mujyi wa Kigali hazatangira gukoreshwa bisi zikoresha amashanyarazi. Ni mu rwego rwo kurushaho kurengera ibidukikije ariko n’ikibazo cya bisi nke zitwara abage...
Mu Kagari ka Kiyovu, Umurenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge haherutse gufatirwa abantu babiri bakekwaho kwiba televizeri ebyiri. Bafashwe bikirangiza kuziba bari kuzishakira umukiliya. Umuvugi...
Amafoto aherutse gufatwa n’itangazamakuru agaragaza ko Stade ya Kigali yiswe Kigali Pélé Stadium yuzuye ivumbi. Abari bafite isoko ryo kuyitaho ryararangiye ntibabaha irindi ndetse ntihagira n’irindi ...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa avuga ko imwe mu nshingano ze zikomeye ari ukuba hafi abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye bakubakirwa ubushobozi. Ni ubutumwa bukubiye mu i...
Irushanwa ryiswe Kigali Peace Marathon ryari risanzwe ryitabirwa n’abantu baturutse mu bihugu bitandukanye, guhera mu mwaka wa 2024 rizazamurirwa urwego rijye ku rwego rw’isi. Ni amakuru yatangajwe na...









