Harya no hino mu Mujyi wa Kigali hari abaturage bavuga ko urubyiruko rwo muri Sudani y’Epfo rumaze igihe rugaragaraho urugomo ruterwa ahanini no kunywa cyane rugasinda. Umumotari witwa Ndagijimana avu...
Mu Kagari ka Gasanze mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo hari imiryango 800 yasabwe kwimuka aho ituye kubera ko abayigize batuye ahantu hashyira ubuzima bwabo mu kaga. Inzu z’abo baturage zanditsw...
Nyuma y’uko hari minibisi 10 zikoresha amashanyarazi ziherutse kuzanwa mu Rwanda, ubu hari inkuru y’uko mu gihe kitarambiranye hazaza na bisi nini zikoresha amashanyarazi. Ni izi ikigo BasiGo gifite i...
Guverinoma y’u Rwanda iri gukora uko ishoboye ngo ice ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi cyane cyane mu Mujyi wa Kigali. Iyi niyo mpamvu mu gihe gito kiri imbere abawugendamo bazajya bagende...
Mu gihe Polisi y’u Rwanda ikangurira abanyamaguru kumenya uko bambuka neza umuhanda baciye ahabugenewe bita zebra crossing, ku rundi ruhande hari abashoferi bavuga ko hari izasibamye k’uburyo kuzibona...
Abacuruzi n’abaguzi b’ibirayi hirya no hino mu Mujyi wa Kigali bavuga ko ibiciro by’ibirayi ku isoko byagabanutse ugereranyije no mu bihe byahise. Basanga byatewe n’uko muri iki gihe ibirayi byeze mu ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye Apotre Yongwe( amazina ye ni Harerimana Joseph)yagejejwe mu bushinjacyaha. Akurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejw...
Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Huang Xia yaraye aganiriye n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe EAC James Kabarebe uko umutekano mu K...
Si amatora gusa Abanyarwanda biteze mu mwaka wa 2024 ahubwo hari n’iyuzura cyangwa iyubakwa ry’ibikorwaremezo bitandukanye bifite agaciro k’ama miliyari $ menshi. Ni ibikorwaremezo byinshi birimo inyu...
Mu rwego rwo guha ababigana serivisi z’ubuvuzi zigezweho, mu bitaro bya Butaro hatashywe inyubako nshya zirimo ibikoresho bishya. Ibi bitaro bifite umwihariko wo gusuzuma no kuvura za cancers zitanduk...









