Muri Kigali no mu Ntara hari abakunzi b’ibinyobya bya Bralirwa bijujuta ko bimwe byahenze cyane, ibindi bikabura ku isoko. Mu byahenze harimo Mutzig kuko mu tubutiki aho yaguraga Frw 1000 mu mpera z’u...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rurashakisha umugabo witwa David Hategekimana ukekwaho gukubita no gukometsa umugore we witwa Consolée Ingabire. Amakuru dufite ni uko uriya mugabo yakubise agakome...
Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu zizuzura zifite agaciro ka Miliyari 30 ...
N’ubwo Leta y’u Rwanda ikomeje koroshya ingamba zari zarakajijwe mu mezi yashize mu rwego rwo kwirinda COVID-19, umwe mu batuye Umurenge wa Masaka avuga ko abantu batitonze bashobora kongera kanduzany...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, hari tariki 09, Ukwakira, 2021, abantu 113 barimo n’umuhanzi uri mu bakunzwe muri iki gihe witwa Ariel Wayz bafatiwe muri Kicukiro bishe amabwiriza yo kwirinda icyorezo ...
Video: Umuturage utuye i Samuduha Akagari ka Rubirizi, Umurenge wa Kanombe muri Kigali witwa Seraphine Niyitegeka avuga ko yagejeje ikibazo cye muri Perezidansi kubera akarengane, nayo isaba Urwego rw...
Umwe mu baturage wari uciye ku muhanda uva Kigali ugana Rwamagana mu Burasirazuba yasanze imodoka y’ivatiri iri gushya ariko Polisi iratabara irayizimya. Yabitangarije kuri Twitter. Byabaye mu g...
Mu murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro hari umuyobozi uherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma y’uko ibonye ibirego by’uko yanyereje umuceri, akawunga n’ibishyimbo byari bigen...
Jean de Dieu Ngabonzima usanzwe uyobora Akagari ka Kinigi ko Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu yanditse ibaruwa asaba Ubuyobozi bw’Akarere gutesha agaciro indi avuga ko yanditse mbere asaba kwe...
Mu rwego rwo gufasha abaturage kwisungana ngo abishoboye bafashe abatishoboye kwivuza, Leta y’u Rwanda yatangije uburyo biswe Mutuelle de Santé. Kuza ubu ubwitabire mu kuyitanga bwakomeje kuba buke mu...









