Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko imvura yaguye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu taliki 23, rishyira iryo ku wa 24, Mata, 2022 yateje ibyago byahitanye abantu 10. Ikindi kand...
Mu Isibo Mudugudu wa Juru, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro aho bubakaga umuhanda wa Kicukiro Nyanza hari umuferege bakoze wo kuyobora amazi ariko ari muto bituma amazi me...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ikigo cyatsindiye kurinda inyubako zibamo ibikoresho by’Ikigo cy’Abanya Koreya y’Epfo gitanga serivisi z’itumanaho iherutse gufata abagabo bane bari bifite ibyuma byifas...
Taliki 07, Mata, 2022, ubwo hatangiraga Icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, mu Mudugudu wa Indakemwa, Akagari ka Nyakabanda mu Karere ka Kicukiro haturikiye grenade. Ipere...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro bufatanyije n’inzego z’umutekano hamwe n’abafatanyabikorwa bako batangije ubukangurambaga mu Karere kose bugamije kongera isuku hitegurwa CHOGM. Ku rwego rw’Akarere n...
Mu gihe u Rwanda rwatangije ubukangurambaga mu uguhera abana ifunguro ku ishuri mu gikorwa cyabereye mu Kagari ka Ayabaraya mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, Taarifa yabonye ko uretse no ku...
Umwe mu bakobwa baharanira kuzambara ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2022 witwa Melissa Keza avuga ko yiyiziho ubwiza n’ubwenge. Ndetse ngo nta n’umuco yataye. Afite umushinga avuga ko nat...
Abantu barinda imari y’abandi bazwi ku izina ry’abazamu bagize rimwe mu matsinda y’Abanyarwanda benshi badakunda guha agaciro bakwiye ariko mu by’ukuri bafite akamaro kanini. Hari bamwe muri bo batubw...
Mu rukiko rw’ibanze rw’Akarere ka Kicukiro kuri uyu wa Kane taliki 27, Mutarama, 2022 habereye urubanza ubushinjacyaha buregamo umugore uruhare mu rupfu rw’umwana w’imyaka itanu witwa Akeza Eli...
Umukozi w’Akarere ka Kicukiro ushinzwe itumanaho yagiye muri rumwe mu nganda z’Abashinwa rukora imodoka z’amashanyarazi n’ibindi binyabiziga, kuhinjira biramugora. Igitangaje ni uko ngo batari bazi ko...









