Umugabo witwa Jean Claude Twagirimana yaguwe gitumo iwe ari gukora kanyanga. Yafashwe kuri iki Cyumweru taliki 29, Mutarama, 2023 ubwo Polisi yamusanga iwe mu Mu Mudugudu wa Ruyaga, Akagari ka Gako Mu...
Saa mbiri z’ijoro nibwo umusore witwa Eric Murenzi wari uvuye gupagasa yahuriye n’umugizi wa nabi mu gishanga kiri ahitwa KAJEKE( kigabanya Nyakabanda na Kabeza) mu Karere ka Kicukiro amutera icyuma m...
Mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro hamaze iminsi humvikana abaturage batakaga ko hari umugabo witwa William Muhozi wari waribasiye abantu akabakubita ndetse bamwe ngo bikabaviramo urupfu ariko...
Mu Mudugudu wa Kiyanja, Akagari ka Kagasa mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro haravugwa umugabo witwa Rusesabagina Daniel kuri Noheli yatemye bikomeye umugore we. Umugore we yitwa Mukamuzungu...
Abagabo babiri batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego nyuma y’igihe ibakashikisha kubera ubwicanyi bakurikiranyweho bwakoreshaga imbunda. Abafashwe bahuje izina ‘rya’Ndagijim...
Mu Mudugudu wa Mulindi, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Kanombe, haramukiye inkuru mbi y’umugabo wabanaga n’umugore we byemewe n’amategeko wishwe n’abantu bamusanze mu cyumba araramo. Hari amakuru avu...
Ubuyobozi bwa Pariki ya Nyandungu bwatangaje ko ibiciro byo kuyisura bwashyizweho muri ubu buryo: Abanyarwanda bazajya bishyura Frw 1,500 kimwe n’abaturage bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y...
Abahinde baba mu Rwanda baraye batashye ingoro ya mbere izasengerwamo na bagenzi babo bo mu idini gakondo ry’Abahindu. N’ubwo idini ry’Abahindu ari ryo gakondo kandi riniganje mu Buhinde, habayo n’an...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera asaba abambuka zebra crossing bimaringa kubireka. Ngo ni inzira umuntu acamo vuba[ariko adahubutse] kugira ngo ahe ibinyab...
Imodoka yari ivuye kugemura amata mu bice bituranye n’ahitwa Radar muri Rubirizi ya Kicukiro yabuze feri iri kumanuka kuri AVEGA hafi ya kaburimbo igana Kabeza, uwari uyitwaye ayigongesha umugunguzi,...









