Umuyobozi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ACP Gerald Mpayimana yaraye abwiye abatwara amakamyo ko nibatirwararika ngo bayatware neza kandi baruhuke bihagije, bizashyir...
Imwe mu nkuru z’ubugizi bwa nabi zavuzwe mu mwaka wa 2022 ni iy’umugore ukurikiranyweho kwica umwana w’umukobwa w’imyaka itanu akamujugunya mu ngunguru. Ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa burundu. Um...
Raporo isobanura uko abatuye umujyi wa Kigali babayeho n’uko babona ibyo bakorerwa yitwa Citizen Report Card, CRC, y’umwaka wa 2022 yerekana ko Akarere ka Kicukiro ari ko, muri rusange, gafite abatura...
Uwamahoro Rehema uhagarariye abacuruzi b’amazi ya JIBU mu Rwanda hose avuga ko abacuruzi bateye inkunga abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bahemutse bakoresha imari yabo mu gutera inkunga ubwaca...
Umujura utamenyekanye yateye umukobwa icyuma mu nda no mu ijosi. Amakuru avuga ko uwo mujura yari yaje kare arihisha ashaka ko baza kumufungiranira mu nzu akabiba. Mu buryo butunguranye uwo mukobwa w’...
Mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro haraye habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 29 witwa Sunday bivugwa ko yari yaturutse mu Karere ka Nyagatare. Ifoto ye akiri muzima imwerekana ahetse ig...
Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, cyatangaje uko uturere tw’u Rwanda twatabiriye gutanga ubwisungane mu buzima, Mutuelle de Santé. Nyagatare niyo ya nyuma mu kubutanga(81.4%), ikaba yarasimbu...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 08, Gashyantare, 2023 mu Mudugudu wa Biryogo, Akagari ka Cyimo mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro umwana w’imyaka icyenda(9) yakuwe mu mwobo abawubonye bavuga ko ureshya na m...
Umurenge wa Gahanga ni umwe mu mirenge 10 igize Akarere ka Kicukiro. Mu minsi yabanjirije n’ikurikiye Ubunani ubujura bukorwa n’abitwaje intwaro gakondo bwariyongereye none abatuye Akagari ka Kagasa b...
Mu Murenge wa Masaka harasiwe umugabo witwa Jean Rusanga w’imyaka 37 y’amavuko bivugwa ko yari umujura wari wagiye kwiba mu rugo rw’uwitwa Abdoni Hakizimana. Amakuru avuga ko uriya mugabo yagiye kwiba...









