Ubuyobozi muri Minisiteri y’ubuzima bufatanyije n’ubw’ikigo IRCAD bafunguye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro ikigo abahanga mu buvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda bazajya bakoreramo ubushaka...
Abaturiye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro n’abandi bose babiboneye umwanya baje kare aho uru rukiko rwubatse hafi y’Ibiro by’Akarere ka Kicukiro ngo baze kumva ikatwa ry’urubanza rwa Kazungu Denis ku i...
Nk’uko byari biteganyijwe, Denis Kazungu uvugwaho kwica abantu umusubizo, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 21, Nzeri yagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro. Yaje mu modoka ya RIB arinzwe cya...
Ubushinjacyaha bwamaze kugeza dosiye ya Denis Kazungu mu rukiko rw'ibanze rwa Kicukiro kugira ngo ruzamukurikirane ku byaha avugwaho gukora birimo n'ubwicanyi. Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavu...
Inkuru ya Denis Kazungu iri mu zibabaje zavuzwe mu Rwanda mu mwaka wa 2023. Amakuru Taarifa yamenye ni uko yari afite umugore wabaga mu yindi nzu itari iyo basanze ituranye n’icyobo yatagamo imibiri y...
*Icyitonderwa: Amagambo ari muri iyi nkuru hari abo ashobora guhungabanya: *Abica abantu umusubizo( serial murders) babiterwa n’iki? *Ese ushobora kureba umuntu ukabimukekera? Nyuma y’Umunyarwanda wit...
Umugabo witwa Denis Kazungu yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB akekwaho kwica abantu batazwi umubare akabashyingura mu nzu yakodeshaga. Yabashyinguraga mu nzu iherereye mu Karere ka Kic...
Yitwa William Ntidendereza akaba yatabarutse mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe arwariye mu bitaro byitiriwe Umwami Faysal. Yapfuye afite imyaka 73 y’amavuko kuko yavu...
Ku buso bwa Hegitari 8.2 mu Murenge wa Masaka hari kubakwa ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali byari bisanzwe biri mu Karere ka Nyarugenge. Gusiza ikibanza byatangiye muri Mutarama, 2023 ari ubu im...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye Marie-Chantal Mukanzabarushimana gufungwa burundu nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica umwana yari abereye mukase witwaga Elsie Akeza Rutiyomba wari ufite im...








