Abahagarariye urubyiruko mu Karere ka Kicukiro, Nyarugenge na Gasabo bavuga ko urubyiruko rukwiye guhabwa umwanya ‘ufatika’ mu biganiro bigena ingano y’ingengo y’imari irugenerwa. Babivugiye mu bigan...
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nyamata,mu Karere ka Bugesera, butangaza ko hari kuvurirwa abarwayi babiri b’indwara y’ubushita bw’inkende muri 13 bakekwaho iyi ndwara. Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Nyamata...
Ku kibuga cya Gahanga hari abanya Kigali n’Abanya Bugesera batatse umuhanda wose amabendera y’Umuryango FPR Inkotanyi kuva ahitwa Sonatubes. Abagabo n’abagore bambaye imyenda ya FPR ...
Gasake Wellars w’imyaka 73 y’amavuko aherutse gufatirwa mu Mudugudu wa Rebero, mu Kagari ka Gako, mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro nyuma y’uko yahabaga yarahinduye amazina kugira ngo atazafungirwa ...
Raporo ya RGB igaragaza ko mu bushakashatsi iki kigo cyakoze, cyasanze Akarere ka Ngororero ari ko katagira umuco w’isuku kurusha utundi mu Rwanda. Akahize utundi mu kugira isuku n’umucyo ni Akarere k...
Raporo ngarukakwezi itangwa na Irembo igaragaza ko Akarere ka Kicukiro kaza imbere mu myaka itatu ishize mu kugira abaturage basobanukiwe n’ikoranabuhanga kurusha abandi mu Rwanda. Ibi ngo biga...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, kivuga ko Abanyarwanda 41% barwaye inzoka zo mu nda n’izindi ndwara zititaweho. Abantu bakuru nibo bugarijwe cyane kuko muri abo tuvuze haruguru, abagera kuri ...
Ubuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali bwatangaje ko hari umusore warashwe arapfa ubwo we na bagenzi be barwanyaga abashinzwe umutekano. Abavugwaho ubwo bujura ngo bari bitwaje ibyuma bya f...
Amakuru Taarifa yamenye avuga ko ubushinjacyaha bwasabiye uyu mugabo ukurikiranyweho ibyaha byo kwica abantu 14 urw’agashinyaguro guhabwa indi minsi 30 y’igifungo kuko hari ibyo bugikoraho ipe...
Nyiri ikinyamakuru Ukwezi Manirakiza Théogène kinafite Umuyoboro wa Youtube witwa Ukwezi TV kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Ukwakira, 2023 yitabye urukiko ku nshuro ya mbere ngo amenyeshwe ibyo aregwa ...









