Dr. Anaclet Kibiriga uyobora Akarere ka Rusizi yabwiye abaturage bo mu Murenge wa Gihundwe ko badakwiye kubona RIB ngo bakuke umutima, bumve ko ishinzwe gufunga abantu gusa. Bikubiye mu butumwa yageje...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko bitazageza kuri uyu wa Mbere taliki 19, Kanama, 2024 toni z’umuceri zari zaraheze ku mbuga mu mirenge y’akarere ayobora zitabonye abaguzi. Hashize igihe gi...
Uwari Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi akaba ari yari n’Umuyobozi w’ikigo RICA amakuru aravuga ko yanditse yegura ku buyobozi bwa Njyanama. Avuye kuri ubu buyobozi nyuma y’uko Minisitiri ...
Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi yandikiye umuyobozi wako Dr. Anicet Kibiriga imusaba ibisobanuro mu nyandiko ku magambo ari mu ibaruwa ubwe yandikiye IBUKA yo muri aka karere igaragaramo amag...
Mu kigo cya Groupe Scolaire Bugumira mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi haravugwa umuyobozi w’iki kigo wirukanywe nyuma y’uko agaragaye ku mbugankoranyambaga yasinze bikabije avuga n’amagambo y...
Imvura yaraye iguye mu Karere ka Rusizi n’ubu ikaba ikigwa yangije ikiraro cyahuzaga Umurenge wa Gikundamvura n’uwa Muganza aho bita kuri barrage. Iki kiraro cyafashaga abacuruzi b’umuceri n’ind...
Abatuye Umurenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi binubira ko icyambu cya Nkombo kimaze igihe gifunzwe kandi ari cyo cyabahuzaga n’ibindi bice. Gutega ubwato birabahenda kandi ntibiborohereza guhura n’...






