Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) Louise Mushikiwabo asaba amahanga guhagurukira ikibazo cy’umutekano muke kimaze igihe kirekire muri Haïti kuko cyatumy...
Byose byatangiye mu mwaka wa 2018 ubwo Manda ya Uhuru Kenyatta (yari iya nyuma kuko zose zarangiye mu mwaka wa 2022) yatangiraga. Icyo gihe uyu mugabo yari afite umugambi wo gushakira Kenya isoko rini...
Uwineza wari uherutse gufungwa na Polisi ya Kenya akekwaho kugambanira umugabo ukomoka mu Busuwisi wamuteretaga ngo abantu bamwice bamwambure akayabo, yarekuwe by’agateganyo. Hari inyandiko ziri kuri...
Abapolisi bo muri Kenya baherutse kwiyoberanya bigira abicanyi bakorera amafaranga kugira ngo bashobore gufata Umunyarwandakazi washakaga kubaha miliyoni Frw 84( ni ukuvuga miliyoni Ksh 9.2) ngo bice ...
Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje ko igihugu cye kigendera kuri Demukarasi bityo ko iby’uko cyagombye gufunga Corneille Nangaa uherutse gutangiza ishyaka rirwanya DRC, kitabikora. Avuga ko Keny...
Amakuru avuga ko hari umukozi muri Ambasade y’u Rwanda muri Kenya wagiye aho Rubayita yiciwe ngo akurikirane iby’iki kibazo. Uyu Munyarwanda uherutse kwica nyuma yo gushyamira n’Umunyakenya bapfa inku...
Umunyarwanda witwa Rubayita Riga usanzwe usiganwa mu marushanwa yo kwiruka yarwanye n’Umunyakenya witwa Dancan Khamala, biza kuviramo urupfu. Ikinyamakuru kitwa Kenya Report nicyo cyatangaje iby’urwo...
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora Kenya witwa William Ruto uri mu ruzinduko rwe rwa mbere akoreye muri Uganda kuva yaba Perezida. Itangazo ryo mu Biro bya Pere...
Hatabayemo gukabya, umuntu ashobora kuvuga ko Obasango wigeze kuyobora Nigeria yahiriwe nk’uko byigeze kumera ku mwami Salomon wa Israel ya kera. Obasango ni umukire cyane akaba n’umunyabwenge bwinshi...
Mu gihe i Moscow bishimira ko hari ibihugu by’Afurika byitabiriye Inama yabihuje n’Uburusiya, i Washington ho mu maso harijimwe. Hijimye kubera ko ubutegetsi bwa Biden butishimiye ko hari umubano ugar...








