Umukuru w’Urukiko rw’ikirenga rwa Kenya witwa Martha Koome yatangarije kuri X ko umucamanza witwa Monica Kivuti wari uherutse kurasirwa mu rukiko n’umupolisi yapfuye azira ibikomere. Umucamanza Kivuti...
Murumuna w’icyamamare mu gusetsa, Eric Omondi, nawe wari usanzwe ari umunyarwenya witwa Fred Omondi yitabye Imana nyuma y’impanuka yabaye ku mugoroba wo ku wa gatanu. Bamujyanye ku bitaro bya Mama Lu...
Umupolisi wo ku rwego rwo hejuru wo muri Kenya yishwe arashwe nyuma yuko arashe umucamanza mu rukiko mu murwa mukuru Nairobi. Uwo mupolisi w’ipeti rya ‘Chief Inspector of Police’ (CIP) yarashe umucama...
Urutonde rwakozwe n’abateguye isiganwa mpuzamahanga ngarukamwaka rikorwa ku maguru ryitwa Kigali Peace Marathon batangaje ko mu bagore barisiganwemo, abo muri Ethiopia na Kenya ari bo bihariye imyanya...
Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje ko igihugu cye kigiye gushora muri Banki ny’Afurika z’iterambere miliyoni $100 hagamijwe gikemura ibibazo by’Afurika bigendana n’ishora...
Bamwe mu bazi ibikubiye ku rutonde rw’ibyo Perezida Ruto aganira na mugenzi we w’Amerika Joe Biden bemeza ko Washington ishaka gushyira Kenya mu banyamuryango badahoraho b’Umuryango w’ibihugu byo mu M...
Perezida wa Kenya William Ruto yabwiye Abanyamerika ko Afurika y’ubu itandukanye n’iyi ba sekuru bari bazi kera, ko iy’ubu ishaka ko Demukarasi iba ingingo iganirwaho aho kuba ikintu Amerika n’Uburayi...
Urugomo muri Kenya ruri gufata indi ntera nyuma y’uko ubuzima burushijeho guhenda muri iki gihugu cya mbere gikize muri Afurika y’Uburasirazuba. Imibare yerekana ko ari bwo bwa mbere muri ...
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yasuye Kenya mu ruzinduko rugamije kuganira uko ubucuruzi hagati y’ibi bihugu bikize muri aka Karere bwarushaho kwaguka. Ari i Nairobi mu ruzinduko ruzamara im...
Ibiza bimaze iminsi byibasira Afurika y’Uburasirazuba byangije ibihingwa ngangurarugo ku buryo hari impungenge ko mu myaka iri imbere hari ingo nyinshi zizasonza. Ibyo biza byahitanye n’ab...









