Croix-Rouge ya Kenya yatangaje ko hari inkongi yadutse mu ishuri ry’ahiwa Isiolo Girls High School ikomeretsa abana b’abakobwa batatu. Iyi nkongi yadutse hashize igihe gito hari indi yadutse muri kiri...
Ku kigo cy’amashuri abanza cyo muri Kenya kiri ahitwa Endarasha habereye ibyago byatewe n’inkongi yahitanye abana 17 abandi benshi barakomereka. Hari ubwoba ko umubare w’abana bahasize ubuzima uri buz...
Perezida wa Kenya yatumiye bagenzi be bo mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba ngo baze mu muhango wo gutangaza ku mugaragaro ko Kenya yemeje Raila Odinga ngo aziyamamarize kuba Perezida wa Komisiyo y...
Binyuze muri Guverinoma ya Kenya, Raila Odinga yatanze kandidatire yo kwiyamamaza kuzatorerwa kuyobora Komisiyo y’Afurika yunze ubumwe. Hagati aho hari amakuru avuga ko Kenya ihanganye na Tanzania kur...
Uwo ni Lina Higiro wari Umuyobozi Mukuru wa NCBA Bank Rwanda Plc, ubu akaba yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi mu kigo NCBA Group, ari nacyo gifite iyi banki ikorera mu bihugu byi...
Kuri uyu wa Kabiri urubyiruko rwo muri Kenya rwagarutse mu mihanda gusaba ko Perezida William Ruto yegura. Nubwo ntako atari yagize ngo acubye uburakari bwarwo, bisa n’aho ibyo yakoze bidahagije mu ma...
Ibyo muri Kenya bikomeje kuyoborana nyuma y’uko urubyiruko rubyukiye mu yindi myigaragambyo ikomeye rwamagana Perezida Ruto. Kuri uyu wa Kabiri ibintu byari byongeye gukara mu mihanda minini ya ...
William Ruto uyobora Kenya yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru ku biri kubera mu gihugu cye birimo n’ubwicanyi abaturage bashinja Polisi gukorera abo bita inzirakarengane zigaragambya. Polisi imaze i...
Perezida wa Kenya William Ruto ari mu ihurizo ryo guhitamo hagati y’ibyo bamwe mu baturage be basaba birimo ko Politiki zo kwizirika umukanda yashyizeho zikurwaho no kureka zikagumaho. Kuzikuraho zose...
Abagabo n’abagore, urubyiruko n’abandi bari kwigaragambya bashumitse inyubako y’Inteko Ishinga amategeko. Abaturage bamaze iminsi bigaragambya bamagana umusoro ubutegetsi bwa Perezida Ruto buherutse g...









