Ikigo Hyatt Hotels Corporations cyujuje i Nairobi hoteli y’inyenyeri eshanu iri mu zihambaye ziri muri Afurika y’Uburasirazuba. Bayise Hyatt Regency Nairobi Westlands ikaba yubatse mu buryo bwerekana...
Polisi yo muri Kenya iri guhangana n’abigaragambya bamagana ko hari abantu baburiwe irengero biganjemo abakoresha imbuga nkoranyambaga. Abigaragambya bavuga ko Polisi ari yo yabashimuse nyuma yo gukor...
Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye ntiyitabiriye Inama y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, EAC, yabereye Arusha muri Tanzania. Yahagara...
Umunyarwenya wo muri Uganda Anne Kansiime na mugenzi we wo muri Kenya witwa Mammito bagiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cya Gen-Z Comedy Night kizaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 09, Ugushyingo, 2...
Umwe mu Banyarwanda[kazi] bitabiriye isiganwa ry’imodoka ryabaye mu mpera z’Icyumweru gishize witwa Queen Kalimpinya avuga ko impamvu ikomeye ituma batitwara neza cyane ari uko bakoresha imodoka zisha...
Mu mateka ya Politiki ya Kenya nibwo bwa mbere Visi Perezida wayo yegujwe na Sena. Sena niyo yari isigaye ngo yemeze ko Rigathi Gachagua wari Visi Perezida wa Kenya yegura. Rigathi Gachagua ashinjwa i...
Pariki ya Maasai Mara muri Kenya ni imwe muri pariki nini kurusha izindi ku isi. Ni pariki irimo inyamaswa z’amoko atandukanye, bumwe muri ubwo bwoko bukaba intare. Intare zo muri iyi pariki abahanga ...
Ishyirahamwe nyafurika ry’umupira w’amaguru, CAF, ryatangaje ko Uganda, Tanzania na Kenya byemerewe kuzifatanya mu gutegura no kwakira imikino ya CHAN 2025. Itangazo rikubiyemo iki cyemezo ryaraye ric...
Ubuyobozi bwa Kenya butangaza ko mu gihe gito kiri imbere hari abapolisi 600 bazoherezwa muri Haïti gufasha igisirikare cy’aho guhangana n’amabandi asa n’ayigaruriye igihugu cyose. Ayo mabandi ayobora...
Umunya Uganda[kazi] Rebecca Cheptegei uherutse gutwika n’umukunzi we arashyingurwa kuri uyu wa Gatandatu taliki 14, Nzeri, 2024 mu cyubahiro cya gisirikare. Yari umukinnyi kabuhariwe mu kwiruka akaba ...









