Ishami ry’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe rishinzwe iterambere ry’ibikorwaremezo riherutse guhemba ikigo cyo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba kitwa The Central Corridor Transit Transport Facilita...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Umunyakenya Owino Iman akomeza gufugwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha akurikiranyweho. Uyu musore w’imyaka 20 utuye mu Rwa...
Nyuma y’ibiganiro byagiye bitangirwa ariko bigapfuba, hari amakuru avuga ko inzego z’ubucuruzi hagati ya Kenya na Uganda zigiye gusubukura ibiganiro ku buhahirane bw’amata. Ni ibiganiro biteganyijwe g...
I Nairobi muri Kenya hari kubera Inama mpuzamahanga y’Abayobozi b’ibigo na za Minisiteri zishinzwe kwita ku bidukikije igamije kwiga umushinga w’amasezerano azashyinywa mu rwego rwo kurinda ibinyabuzi...
Itsinda ry’abayobozi boherejwe na Guverinoma ya Kenya ryaraye rigejeje kuri Leta y’u Burundi inka 50 zikamwa bagabiwe na Leta ya Kenya. Amakuru dufite avuga ko isezerano ryo kuzagabira u Burundi inka...
Leta ya Kenya yasinyanye n’iy’u Bushinwa amasezerano y’uko izajya ibwoherereza amafi. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kane hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bushinwa uri muri Kenya w...
Imibare yaraye itangajwe na kimwe mu bigo bya Kenya bikora ibarurishamibare, yerekana ko ibyo iki gihugu gitumiza muri Tanzania byazamutse cyane kurusha ibyo koherezayo. Ni imibare yasesenguwe guhera ...
Kenya iri mu cyunamo cy’abantu 30 baguye mu mpanuka ya Bisi yanyereye igwa mu mugezi witwa Enziu ku wa Gatandatu. Ibarura rivuga ko mu bayiguyemo harimo abantu 11 bo mu muryango w’umugabo witwa David ...
Kuri uyu wa Gatandatu muri Kenya habaye impanuka ikomeye ubwo bisi yari itwaye abantu bagiye mu bukwe yanyereraga ikagwa mu mugezi, abantu 23 bakaba ari bo bamaze kumenyekana ko bahasize ubuzima. Indu...
Urukiko rukuru rwa Kenya rwakatiye Umuyobozi w’Urwego rushinzwe kugenza ibyaha muri Kenya, George Kinoti, gufungwa amezi ane azira gusuzugura urukiko. Kinoti ayobora urwo rwego ruzwi nka Directorate o...









