Ibi byasohotse muri Raporo yitwa Africa Wealth Report 2022 isohorwa n’Ikigo Henley & Partners. Iki kigo kivuga ko igihugu cya mbere muri Afurika gifite abaturage benshi batunze miliyoni mu madolar...
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yafashe mu mugongo abaturage ba Kenya kubera urupfu rwa Mwai Kibaki watabarutse afite imyaka 90 y’amavuko. Kibaki yapfuye azize uburwayi yari amaranye imins...
Emilio Stanley Mwai Kibaki wigeze kuyobora Kenya yatabarutse kuri uyu wa Gatanu taliki 22, Mata, 2022. Yazize uburwayi. Kibaki yavutse taliki 15, Ugushyingo, 1931. Yakoze mu nzego zitandukanye z’ubuyo...
Nyuma y’uko ibicuruzwa biva mu Burusiya birimo n’ibikomoka kuri Petelori bikomanyirijwe ku isiko ry’i Burayi, ubu Nigeria niyo ihanzwe amaso ngo ihe u Burayi ibikomoka kuri Petelori bwari busanzwe buk...
Polisi ya Kenya iri gukora iperereza ku rupfu kugeza ubu rw’amayobera rw’abasirikare batatu barimo babiri bari mu Mutwe urinda Perezida Uhuru Kenyatta na Visi Perezida we William Ruto. Bari mu bagiz...
Nyuma yo gusinya inyandiko yemerera Repubulika ya Demukarasi ya Congo umunyamuryango wa EAC mu buryo budasubirwaho, Abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango bahise berekwa ikarita nshya y’uyu Muryango. U...
Uhuru Kenyatta uyobora Kenya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 8,Mata, 2022 yakiriye Perezida Kagame waje kwitabira iyinjizwa muri EAC rya DRC. Hari n’abandi Bakuru b’Ibihugu barimo uwa Uganda,...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Tshisekedi yaraye ageze i Nairobi. Byitezwe ko kuri uyu wa Gatanu taliki 08, Mata, 2022 ari businye ku nyandiko yemerera igihugu cye kuba umunyamur...
Hasigaye igihe gito ngo abaturage ba Kenya batore uzabayobora. Abakandida babiri bakomeye biyamamariza uyu mwanya ni Raila Odinga na William Ruto wari usanzwe ari Visi Perezida wa Kenya. Kubera ko Ken...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yaraye yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano hagati y’igihugu cye n’uruganda rukora inkingo za Moderna. Izi nkingo nazo zikorwa hakoreshejwe ikoranabuhanga rya mR...









