Mu masaha ya kare cyane kuri uyu wa Kabiri Taliki 09, Kanama, 2022 abaturage ba Kenya bazindutse mu ruturuturu bajya gutora uzabayobora muri Manda y’imyaka itamu. Imibare ya Komisiyo y’igihugu c...
Mu gihe hasigaye igihe gito ngo amatora y’Umukuru wa Kenya agere, Perezida ucyuye igihe Nyakubahwa Uhuru Kenyatta yabwiye abaturage ko nibatora Willaim Ruto bazaba bikozeho. Ngo bazabage bifashe. Ubu ...
Bisi yaguye mu ruzi igeze ahitwa Maua igana Nithi, Meru ikagera i Nairobi abantu 34 bahasiga ubuzima. Byabaye mu masaha y’umugoroba wo kuri iki Cyumweru taliki 24, Nyakanga, 2022. Umuyobozi mu gace b...
Umugabo w’imyaka 43 y’amavuko yaguye kwa muganga mu mwaka wa 2018 azize cancer. Abo mu muryango we babuze amafaranga yo kwishyura ibitaro ngo babahe umurambo, ibitaro birawugwatira kugeza ubwo umugira...
Aba Maasai ni aborozi bakomoka muri Tanzania na Kenya. Muri iki gihe bagiye no mu bindi bihugu kuhashakira ubuzima. Aba baturage basanzwe bazwiho korora inka, bagahora bimuka bajya gushaka ahari urwu...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yakiriye mugenzi we uyobora Urwego nk’uru muri Kenya ngo baganire imikoranire. Kenya ni kimwe mu bihugu byo mu...
Ubuyobozi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwagejeje ku bunyamabanga bukuru bw’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba inyandiko ziyemerera kuba igihugu cya karindwi kigize uyu muryango. Izi mpapuro...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta avuga ko n’ubwo William Ruto ashaka kuyobora Kenya ariko ibyo ari gukora atazi ibyo ari byo. Ngo abikoreshwa no gushaka ubutegetsi uko byagenda kose ariko ngo ntabwo a...
N’ubwo Kenya iri mu bihugu bitanu bya mbere bikize muri Afurika, ifitiye amahanga n’ibigo mpuzamahanga by’imari imyenda bamwe bavuga ko ishobora gutuma ubukungu bw’igihugu buzahara cyane. The Star yo ...
Ubwo yatangizaga ibikorwa byo kwiyamamariza kuzayobora Kenya, William Ruto yatangaje ko natsinda amatora azashyiraho urukiko rwihariye rwo kuburanisha Uhuru Kenyatta kubera ibyaha amushinja ko yakoze ...









