Nyuma yo kubisabwa na Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Akanama k’Umutekano mu Muryango w’Abibumbye kanzuye ko ingabo zako za MONUSCO zitangira kuva muri Kivu y’Amajyepfo. Ni icyemezo c...
Umukuru w’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) witwa Bintu Keita avuga ko M23 ikomeje “gutera intambwe cyane no kwagura ubutaka ...
Bintu Keïta uhagarariye UN muri DRC yasinyanye amasezerano na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Christophe Lutundula akubiyemo uko ingabo za MONUSCO zigomba kuva mu...


