Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda n’ubw’iza Qatar bwayoboye igikorwa cyo kwemerera abasirikare ba RDF 163 kurangiza imyitozo ihambaye bari bamazemo igihe mu ishuri rya Nasho muri Kirehe. Abo basirikare b...
Nyuma y’uko Perezida Kagame ashyizeho umugaba mushya w’ingabo ari Lt Gen Mubarakh Muganga, asimbuye Gen Jean Bosco Kazura, aba bagabo bahererekanyije ububasha. Ni igikorwa cyabereye ku Biro bya Minis...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda, RDF, bwaraye burangije imyitozo yari imaze iminsi ihabwa abasirikare bashya bari bamaze iminsi mu myitozo ya gisikare mu kigo cyitwa Basic Military Training Centre kiri...
Brigadier General Fructueux Candide Ahodegnon GBAGUIDI niwe mugaba mukuru w’ingabo za Benin. Ari mu Rwanda mu ruzinduko rugamije kuganira n’ingabo z’u Rwanda uko ingabo z’u Rwanda n‘iza Benin zakorana...
Nyuma y’inshuro nyinshi abagaba bakuru mu ngabo z’u Rwanda n’iza Qatar bahura, kuri uyu wa Mbere taliki 27, Kamena, 2021 umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere Lt Gen Jean Jacques Mupenzi n...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora ingabo za Mali zitwa General Oumar Diarra. We n’itsinda ayoboye bari mu Rwanda mu uruzinduk...
Ibiro Ntaramakuru by’u Bufaransa bivuga ko Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura yaraye ahuye na mugenzi we uyobora iz’u Bufaransa witwa General Thierry Burkhard. Ni ubwa mbere...
Amakuru Taarifa icyesha Jeune Afrique avuga ko Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura azasura u Bufaransa kuri uyu wa Mbere taliki 14, Werurwe, 2022. Mu nkuru ya Jeune Afrique ntibav...
Mu Rwanda hari ibigo abasirikare barwo batorezwamo byigisha mu nzego zitandukanye. Hari ikigo cya Nasho mu Murenge wa Kirehe kigisha abasirikare bato bakinjira mu ngabo z’u Rwanda, ikigo cya Gako mu K...
Umugaba mukuru w’ingabo za Qatar witwa Lt. Gen (Pilot) Salem bin Hamad bin Mohammed bin Aqeel Al Nabit ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Yaraye yakiriwe na Perezida Kagame nyuma y’izindi gahunda y...









